Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhati Wa Gacinya Wo Kujya Muri FERWAFA Ukomeje Kuba Impfabusa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umuhati Wa Gacinya Wo Kujya Muri FERWAFA Ukomeje Kuba Impfabusa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2023 10:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Gacinya Chance Denis yongeye kwangirwa kwiyamamariza kujya mu Mpuzamashyirahamwe y’umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, kubera impamvu z’ubunyangamugayo.

Komisiyo y’Amatora muri iri shyiramwe yongeye kwanga kandidatire ya Gacinya Chance Denis nyuma y’ubujurire yari yakoze.

Mbere nabwo iyi kandidatire yaranzwe, ahitamo kujurira.

Arashaka kwiyamamaza ngo abe Visi Perezida wa Kabiri ushinzwe Tekiniki muri FERWAFA.

Ubwa mbere ubwo kandidatire ye yangwaga, hari taliki 06, Kamena, 2023 ubwo hatangazwaga urutonde rw’abo kandidatire zemerewe, iya Gacinya ntiyari irimo.

Impamvu yo kutemererwa kwe yari iy’uko aterekanye icyangombwa cyerekana ko atigeze akatirwa n’inkiko.

Yaje kugitanga tariki ya 8, Kamena 2023.

Nyuma yo kugitanga ariko nticyemerwe yaje kujurira ndetse ubujurire bwe buremerwa.

Bidatinze kuri uyu wa Gatatu taliki 14, Kamena, 2023 hasohotse ibaruwa iriho umukono w’abagize Komisiyo y;amatora bayobowe na Adolphe Kalisa yemeza ko nta bunyangamugabo buhagije Gacinya Chance Denis afite bwatuma yiyamamariza umwanya ashaka.

Undi bahatanira uyu mwanya we yaremerewe, uwo ni Richard Mugisha.

Amatora ateganyijwe kuba tariki ya 24 Kamena 2027, azatorerwamo n’abandi bayobozi bagize Komite Nyobozi ya FERWAFA.

TAGGED:AmatorafeaturedFERWAFAGacinyaIshyirahamwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nigeria: Abantu 103 Bapfiriye Mu Mpanuka Y’Ubwato
Next Article Lil Wayne Yibagiwe Inyinshi Mu Ndirimbo Ze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umukino Urangiza Irushanwa ‘Gicanda Invitation 2025’ Urabera Kigali Pele Stadium

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?