Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhati Wa Gacinya Wo Kujya Muri FERWAFA Ukomeje Kuba Impfabusa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umuhati Wa Gacinya Wo Kujya Muri FERWAFA Ukomeje Kuba Impfabusa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2023 10:41 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Gacinya Chance Denis yongeye kwangirwa kwiyamamariza kujya mu Mpuzamashyirahamwe y’umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, kubera impamvu z’ubunyangamugayo.

Komisiyo y’Amatora muri iri shyiramwe yongeye kwanga kandidatire ya Gacinya Chance Denis nyuma y’ubujurire yari yakoze.

Mbere nabwo iyi kandidatire yaranzwe, ahitamo kujurira.

Arashaka kwiyamamaza ngo abe Visi Perezida wa Kabiri ushinzwe Tekiniki muri FERWAFA.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubwa mbere ubwo kandidatire ye yangwaga, hari taliki 06, Kamena, 2023 ubwo hatangazwaga urutonde rw’abo kandidatire zemerewe, iya Gacinya ntiyari irimo.

Impamvu yo kutemererwa kwe yari iy’uko aterekanye icyangombwa cyerekana ko atigeze akatirwa n’inkiko.

Yaje kugitanga tariki ya 8, Kamena 2023.

Nyuma yo kugitanga ariko nticyemerwe yaje kujurira ndetse ubujurire bwe buremerwa.

Bidatinze kuri uyu wa Gatatu taliki 14, Kamena, 2023 hasohotse ibaruwa iriho umukono w’abagize Komisiyo y;amatora bayobowe na Adolphe Kalisa yemeza ko nta bunyangamugabo buhagije Gacinya Chance Denis afite bwatuma yiyamamariza umwanya ashaka.

- Advertisement -

Undi bahatanira uyu mwanya we yaremerewe, uwo ni Richard Mugisha.

Amatora ateganyijwe kuba tariki ya 24 Kamena 2027, azatorerwamo n’abandi bayobozi bagize Komite Nyobozi ya FERWAFA.

TAGGED:AmatorafeaturedFERWAFAGacinyaIshyirahamwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nigeria: Abantu 103 Bapfiriye Mu Mpanuka Y’Ubwato
Next Article Lil Wayne Yibagiwe Inyinshi Mu Ndirimbo Ze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?