Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhungu Wa Museveni Gen Muhoozi Yahuye Na Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Umuhungu Wa Museveni Gen Muhoozi Yahuye Na Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 January 2022 3:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka  akaba n’umuhungu wa Perezida wa Uganda Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yahuye na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, bahurira mu Biro bye, Village Urugwiro.

Ni mu rugendo rw’umunsi umwe Lt Gen Kainerugaba ari mo mu Rwanda ruzamara umunsi umwe.

Hari hashize iminsi micye Kainerugaba avuze ko yubaha Perezida Kagame kandi amufata nka Nyirarume k’uburyo umwanduranyijeho aba adashakira amahoro Kainerugaba ubwe.

Ni muri Tweets amaze iminsi atangaza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iheruka niyo yatangaje mu masaha macye yabanjirije urugendo ari gukorera mu Rwanda, aho yavugaga ko kuri uyu wa Gatandatu taliki 22, Mutarama, 2022 ari bube ari mu Rwanda aganira na Perezida Kagame.

Uruzinduko rwa Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ruje gukurikira urw’intumwa idasanzwe ya Museveni Amb Adonia Ayebare aherutse gukorera mu Rwanda azaniye Perezida Kagame ubutumwa yahawe na Museveni.

Birashoboka ko ubu butumwa bwateguzaga urugendo rwa Gen Kainerugaba.

Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda wigisha Politiki  witwa Dr Ismaïl Buchanan kuri uyu wa Gatanu yabwiye Taarifa ko byanze bikunze ibiri kubera mu Karere u Rwanda ruherereyemo muri iki gihe bigamije gusubiza umubano mu buryo.

Avuga ko abatuye Akarere k’Ibiyaga bigari by’Afurika u Rwanda ruherereyemo ‘banyotewe’  amahoro  n’umutekano kugira ngo bongere bahahirane nk’uko byahoze.

- Advertisement -
Dr Ismael Buchanan avuga ko ibibera mu Karere u Rwanda ruharereyemo bitanga icyizere cy’amahoro arambye

Dr Buchanan ati: “ Urebye inzinduko ziri kuba muri iki gihe, ukareba n’uko ibintu bihagaze muri iki gihe ubona ko bitanga icyizere ntashidikanywaho ko ibintu biri hafi gusubira mu buryo.”

TAGGED:featuredKagameKainerugabaMuhooziMuseveniRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hon Bamporiki Ati: ‘ Ibyo Abandi Bavuze Ku Idebe Sibyo Njyenderaho’
Next Article U Rwanda Rwarekuye Umusirikare Wa Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?