Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhungu Wa Museveni Gen Muhoozi Yahuye Na Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Umuhungu Wa Museveni Gen Muhoozi Yahuye Na Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 January 2022 3:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka  akaba n’umuhungu wa Perezida wa Uganda Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yahuye na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, bahurira mu Biro bye, Village Urugwiro.

Ni mu rugendo rw’umunsi umwe Lt Gen Kainerugaba ari mo mu Rwanda ruzamara umunsi umwe.

Hari hashize iminsi micye Kainerugaba avuze ko yubaha Perezida Kagame kandi amufata nka Nyirarume k’uburyo umwanduranyijeho aba adashakira amahoro Kainerugaba ubwe.

Ni muri Tweets amaze iminsi atangaza.

Iheruka niyo yatangaje mu masaha macye yabanjirije urugendo ari gukorera mu Rwanda, aho yavugaga ko kuri uyu wa Gatandatu taliki 22, Mutarama, 2022 ari bube ari mu Rwanda aganira na Perezida Kagame.

Uruzinduko rwa Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ruje gukurikira urw’intumwa idasanzwe ya Museveni Amb Adonia Ayebare aherutse gukorera mu Rwanda azaniye Perezida Kagame ubutumwa yahawe na Museveni.

Birashoboka ko ubu butumwa bwateguzaga urugendo rwa Gen Kainerugaba.

Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda wigisha Politiki  witwa Dr Ismaïl Buchanan kuri uyu wa Gatanu yabwiye Taarifa ko byanze bikunze ibiri kubera mu Karere u Rwanda ruherereyemo muri iki gihe bigamije gusubiza umubano mu buryo.

Avuga ko abatuye Akarere k’Ibiyaga bigari by’Afurika u Rwanda ruherereyemo ‘banyotewe’  amahoro  n’umutekano kugira ngo bongere bahahirane nk’uko byahoze.

Dr Ismael Buchanan avuga ko ibibera mu Karere u Rwanda ruharereyemo bitanga icyizere cy’amahoro arambye

Dr Buchanan ati: “ Urebye inzinduko ziri kuba muri iki gihe, ukareba n’uko ibintu bihagaze muri iki gihe ubona ko bitanga icyizere ntashidikanywaho ko ibintu biri hafi gusubira mu buryo.”

TAGGED:featuredKagameKainerugabaMuhooziMuseveniRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hon Bamporiki Ati: ‘ Ibyo Abandi Bavuze Ku Idebe Sibyo Njyenderaho’
Next Article U Rwanda Rwarekuye Umusirikare Wa Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?