Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umujyanama Mukuru Wa Museveni Wavukiye Mu Rwanda Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umujyanama Mukuru Wa Museveni Wavukiye Mu Rwanda Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 March 2023 7:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

John Mwesigwa Robin Nagenda yari umujyanama mukuru wa Perezida Museveni yapfuye. Yavukiye mu Rwanda taliki 25, Mata, 1938.

Yari umunyamakuru w’umwuga kandi watangiye kwandika kera kuko icyo gihe hari mu mwaka wa 1950 ahitwa Budo.

Yavuye mu Rwanda asubira muri Uganda mu mwaka wa 1986 ubwo Yoweli Museveni na bagenzi bafataga ubutegetsi.

John Mwesigwa Robin Nagenda yari asanzwe ari umujyanama mukuru wa Perezida Museveni mu byerekeye itumanaho n’itangazamakuru, ibyo bita  Media and Public Relations Advisor.

Yaguye mu bitaro byitwa  Medipal International Hospital biri i Kampala, yapfuye afite imyaka 84 y’amavuko.

Umuvugizi wungirije w’Ibiro bya Perezida wa Repubulika ya Uganda witwa Faruk Kirunda yabwiye The Monitor ko uriya mugabo yari amaze amezi atatu arembeye muri biriya bitaro.

Nagenda yamaze imyaka 10 aba mu Bwongereza aza kugaruka muri Uganda atangira kwandika mu buryo buhoraho mu myaka yaza 1960.

TAGGED:featuredMuseveniUgandaUmujyanama
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Impaka Zishyushye Hagati Ya Tshisekedi Na Macron
Next Article Abepisikopi Gatolika Bagiye Kumara Icyumweru Batari Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?