Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umujyi Wa Kigali: Polisi Yafashe Abibishaga Imbunda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umujyi Wa Kigali: Polisi Yafashe Abibishaga Imbunda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2022 11:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagabo babiri batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego nyuma y’igihe ibakashikisha kubera ubwicanyi bakurikiranyweho bwakoreshaga imbunda.

Abafashwe bahuje izina ‘rya’Ndagijimana, ariko umwe akitwa Yves undi akitwa Patrick.

Bakurikiranyweho kwica Majyambere Idrissa w’imyaka 49 wishwe Taliki 18, Gicurasi, 2022 bakaba baramwiciye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro.

Vuba aha kandi aba bantu bivugwaho ko bishe undi mugabo witwa Jean Pierre Kayitare bamurashe n’imbunda bita pistol.

Ni imbunda nto zigendanwa.

Majyambere Idrissa yari asanzwe ari umuvunjayi wakoreraga mu Mujyi wa Kigali akaba yariciwe aho yari atuye mu gihe Jean Pierre Kayitare we yari umushoferi mu Mujyi wa Kigali.

Abamwishe bivugwa ko bamushutse ajyanwa ku icumbi rya Ndagijimana Patrick riri mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge arahicirwa, imodoka ye iribwa.

Itangazo rigenewe abanyamakuru ryaturutse muri Polisi y’u Rwanda rivuga ko hari irindi perereza rigikomeje kuri ubu bwicanyi.

Iperereza kuri iki kintu rirakomeje
TAGGED:AbajurafeaturedImbundaKicukiroPolisiRwandaUmushoferi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article B-21 Raider: Indege Y’Intambara Abanyamerika Bihariye Ku Isi
Next Article DRC: Urujijo Kubishe Abasivili 50 Muri Kivu Y’Amajyaruguru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?