Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umujyi Wa Kigali: Polisi Yafashe Abibishaga Imbunda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umujyi Wa Kigali: Polisi Yafashe Abibishaga Imbunda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2022 11:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagabo babiri batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego nyuma y’igihe ibakashikisha kubera ubwicanyi bakurikiranyweho bwakoreshaga imbunda.

Abafashwe bahuje izina ‘rya’Ndagijimana, ariko umwe akitwa Yves undi akitwa Patrick.

Bakurikiranyweho kwica Majyambere Idrissa w’imyaka 49 wishwe Taliki 18, Gicurasi, 2022 bakaba baramwiciye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro.

Vuba aha kandi aba bantu bivugwaho ko bishe undi mugabo witwa Jean Pierre Kayitare bamurashe n’imbunda bita pistol.

Ni imbunda nto zigendanwa.

Majyambere Idrissa yari asanzwe ari umuvunjayi wakoreraga mu Mujyi wa Kigali akaba yariciwe aho yari atuye mu gihe Jean Pierre Kayitare we yari umushoferi mu Mujyi wa Kigali.

Abamwishe bivugwa ko bamushutse ajyanwa ku icumbi rya Ndagijimana Patrick riri mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge arahicirwa, imodoka ye iribwa.

Itangazo rigenewe abanyamakuru ryaturutse muri Polisi y’u Rwanda rivuga ko hari irindi perereza rigikomeje kuri ubu bwicanyi.

Iperereza kuri iki kintu rirakomeje
TAGGED:AbajurafeaturedImbundaKicukiroPolisiRwandaUmushoferi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article B-21 Raider: Indege Y’Intambara Abanyamerika Bihariye Ku Isi
Next Article DRC: Urujijo Kubishe Abasivili 50 Muri Kivu Y’Amajyaruguru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?