Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukandida Wa FPR Yageze I Nyamirambo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umukandida Wa FPR Yageze I Nyamirambo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 June 2024 11:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Kagame yageze i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge aho bwiyamamaze nk’umukandida wa FPR-Inkotanyi.

Yahasanze abantu benshi baje kumwakira no kumva ibyo abasezeranya mu kwiyamamaza kwe nk’umuntu ushaka kuzakomeza kuyobora u Rwanda.

Abenshi bari bageze muri aka gace butaracya, abandi bakomeza kuhagera buhoro buhoro uko amasaha yakuraga.

Kagame yasanze abenshi mu bamwakiriye barimo Abayisilamu baturutse muri Nyarugenge ahantu hafatwa nka hamwe mu handi Islam yabanje muri Kigali by’umwihariko no mu Rwanda muri rusange.

Mussa Fazil Harerimana uri muri bamwe bari aho yavuze ko Kagame ari umuntu wafashije Abisilamu kuba mu Rwanda ntawe ubagirira nabi kandi ntawe ubaheza.

Ibyo ngo biterwa n’uko Abanyarwanda bose bari muri gahunda ya Ndi Umunyarwanda.

Abategarugori Bazindukiye Kwakira Umukandida Wa FPR

TAGGED:AbaturagefeaturedHarerimanaKagameNyarugenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abategarugori Bazindukiye Kwakira Umukandida Wa FPR
Next Article Nyarugenge: Kagame Yasabye Urubyiruko Kuzakurana Umutima W’Intare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?