Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukecuru Rachel Nyiramandwa ‘Wakundaga’ Perezida Kagame Yatabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umukecuru Rachel Nyiramandwa ‘Wakundaga’ Perezida Kagame Yatabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2022 8:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukecuru Nyiramandwa Rachel usanzwe ari inshuti ya Perezida Kagame yatabarutse. Yazize uburwayi nk’uko amakuru Taarifa ifite abyemeza.

Ngo yari amaze iminsi  arwariye mu Bitaro bya  Kaminuza bya Butare

Umuyobozi w’Umurenge wa  Gasaka aho uyu mubyeyi yari asanzwe atuye witwa Boniface Nsabimana yaduhamirije aya makuru y’akababaro k’urupfu rw’uyu mubyeyi ariko avuga ko andi makuru arambuye atangwa n’ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe.

Rachel Nyiramandwa yabanaga n’umukobwa we nawe ukuze, wamwitagaho.

Nyiramandwa ari mu bantu bakuru bagaragaje uburyo Perezida Kagame yahaye icyerekezo gikwiye u Rwanda mu bihe byari bigoye ubu rukaba ruhagaze rwemye.

Apfuye afite imyaka 110 y’amavuko nk’uko bivugwa.

Muri Kanama, 2022 Perezida Kagame yasuye uyu mubyeyi baraganira.

Yabikoze mbere gato y’uko ajya kwakirwa n’abaturage bazindutse mu gitondo cya kare ngo bamwakirire kuri Stade ya Nyagisenyi.

Perezida Kagame yari aherutse kumusura iwe baraganira

Amafoto yasohowe ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga uriya mubyeyi yambaye imyenda yera yicaye mu ruganiriro bigaragara ko yiteguye umushyitsi w’Imena.

Uyu mukecuru yigeze guhura na Perezida Kagame mu mwaka wa 2010.

 

TAGGED:ButareCHUBfeaturedGasakaIbitaroKagameNyamagabeUmukecuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abagenzi Barwaniye Mu Ndege
Next Article Gicumbi: Ibilo Bine Bya Heroin Na Litiro Za Kanyanga Byangijwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ingabo Z’Uburundi Zirashinjwa Kwicisha Abanyamulenge Inzara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?