Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukecuru Rachel Nyiramandwa ‘Wakundaga’ Perezida Kagame Yatabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umukecuru Rachel Nyiramandwa ‘Wakundaga’ Perezida Kagame Yatabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2022 8:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukecuru Nyiramandwa Rachel usanzwe ari inshuti ya Perezida Kagame yatabarutse. Yazize uburwayi nk’uko amakuru Taarifa ifite abyemeza.

Ngo yari amaze iminsi  arwariye mu Bitaro bya  Kaminuza bya Butare

Umuyobozi w’Umurenge wa  Gasaka aho uyu mubyeyi yari asanzwe atuye witwa Boniface Nsabimana yaduhamirije aya makuru y’akababaro k’urupfu rw’uyu mubyeyi ariko avuga ko andi makuru arambuye atangwa n’ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe.

Rachel Nyiramandwa yabanaga n’umukobwa we nawe ukuze, wamwitagaho.

Nyiramandwa ari mu bantu bakuru bagaragaje uburyo Perezida Kagame yahaye icyerekezo gikwiye u Rwanda mu bihe byari bigoye ubu rukaba ruhagaze rwemye.

Apfuye afite imyaka 110 y’amavuko nk’uko bivugwa.

Muri Kanama, 2022 Perezida Kagame yasuye uyu mubyeyi baraganira.

Yabikoze mbere gato y’uko ajya kwakirwa n’abaturage bazindutse mu gitondo cya kare ngo bamwakirire kuri Stade ya Nyagisenyi.

Perezida Kagame yari aherutse kumusura iwe baraganira

Amafoto yasohowe ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga uriya mubyeyi yambaye imyenda yera yicaye mu ruganiriro bigaragara ko yiteguye umushyitsi w’Imena.

Uyu mukecuru yigeze guhura na Perezida Kagame mu mwaka wa 2010.

 

TAGGED:ButareCHUBfeaturedGasakaIbitaroKagameNyamagabeUmukecuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abagenzi Barwaniye Mu Ndege
Next Article Gicumbi: Ibilo Bine Bya Heroin Na Litiro Za Kanyanga Byangijwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?