Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Umukiliya utishimye’ yandikiye MTN ibaruwa mu nyuguti zitukura ayinenga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

‘Umukiliya utishimye’ yandikiye MTN ibaruwa mu nyuguti zitukura ayinenga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 December 2020 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwanda witwa Rugasaguhunga Ruzindana yandikiye ibaruwa Ikigo gicuruza Serivisi z’itumanaho na murandasi, MTN, ayicisha kuri Twitter akinenga ko amaze Icyumweru adashobora gukoresha murandasi yaguze imuhenze, yabaza ababishinzwe bakamusiragiza.

Kuri Twitter yanditse ati: “Mbabajwe no kubandikira nkoresheje ikaramu y’UMUTUKU. Birababaje cyane kubasaba service Icyumweru cyose ntacyo mumfasha. Ni ngombwa ngo umuntu ajye yiyambaza RURA igihe cyose mubone KUMUFASHA?- Umukiliya utishimye –RR.

Ibaruwa yanditswe n’Umunyarwanda anenga serivisi mbi avuga ko yahawe na MTN

Alain Numa uyobora Ishami rya MTN rishinzwe kuyivugira yabwiye Taarifa ko atahakana ko ibibazo bya Tekiniki bitaba mu kigo avugira ariko akemeza ko ikibazo cya Rugasaguhunga cyakemuwe kandi ko  n’undi wagira ikibazo yajya akibagezaho bakagikemura.

Ku ngingo y’uko hari ubwo batinda kwitaba ababakeneyeho serivisi, Alain Numa avuga ko akenshi biterwa n’uko umurongo wabo uba uri guhamagarwa n’abantu benshi bityo bamwe ntibitabwe uko babyifuza.

Ati: ” Sinahakana ko hari abo dutinda kwitaba ariko biterwa n’umubare w’abantu baba baduhamagara bashaka serivisi kandi uko call center iteye ni uko uwahamagaye mbere ari we ubanza kwitabwa hagakurikiraho uwamukurikiye gutyo, gutyo!”

Avuga ko muri rusange MTN itanga serivisi nziza ariko ko niyo habaho ikibazo, buri wese yemerewe kukibagezaho bakagikemura.

Alain Numa(Photo@Inyarwanda.com)
TAGGED:featuredMTNRugasaguhungaRURASerivisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nidufatanya tuzatsinda imbogamizi k’umutekano muri EAC- Gen J.Jacques Mupenzi
Next Article 7 mu bapimwe mbere ya Misa yo kwakira Cardinal Kambanda basanze banduye COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?