Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukobwa Wambitswe Impeta N’Umuhanzi Emmy Atuye ‘Kajeke’ Muri Kabeza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umukobwa Wambitswe Impeta N’Umuhanzi Emmy Atuye ‘Kajeke’ Muri Kabeza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2021 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru Taarifa yamenye n’uko  umukobwa ukundana n’umuhanzi Emmanuel Nsengiyumva uzwi nka Emmy aba mu muryango we utuye mu mudugudu wa Nyenyeri, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa Kanombe muri Kicukiro ahitwa Ku Gipine, hazwi nka Kajeke(Camp de la Jeunesse de Kabeza).

Joyce Umuhoza afite mukuru we  ariko umwe mu baturanyi b’umuryango wabo yatubwiye ko uriya mukobwa adakunda gusabana n’abaturanyi,  ko ataha yinjira iwabo.

Afite Se na Nyina. Kuva yamenyana na Umuhoza  Joyce nibwo Emmy aje mu Rwanda, ubu hashize imyaka itatu.

Bemenyaniye kuri Instagram.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuhanzi Emmy muri iki gihe ari mu Rwanda ari kumwereka urukundo rwinshi.

Umuhanzi Emmy akunda uriya mukobwa k’uburyo mbere ya ‘Kigali Guma mu Rugo’, ari we wamujyanaga ku kazi akanamucyura  kandi buri munsi.

Muri iki gihe cya Guma mu Rugo, Emmy amaze kumusura inshuro eshatu.

Emmy akomeje akazi ke k’ubuhanzi…

Muri Studio ya Element bakora indirimbo Dokima

Nyuma yo kwambika umukunzi we witwa Joyce Umuhoza impeta, yahise atangira gukora indirimbo yise Dokima(Document) yakoreye kwa Element.

- Advertisement -

Yaje mu Rwanda mu buryo bw’ibanga aje kumwambika impeta.

Yayimwambikiye ku kiyaga cya Muhazi ku ruhande rw’Akarere ka Rwamagana. Hari tariki 12, Mutarama, 2021.

Ibirori byo kwambika uyu mukobwa impeta byahuriranye n’isabukuru ye y’amavuko.

Itariki y’ubukwe bwabo ntiratangazwa.

Emmanuel Nsengiyumva akomeje akazi ke k’ubuhanzi ndetse aherutse gusohora indirimbo yise Dokima, akaba yarayikoreye mu nzu itunganya umuziki y’umusore ugezweho muri iki gihe wiyise ‘Element’.

Element yakoze amajwi, amashusho akorwa na Eazy Cuts.

Mu ndirimbo Dokima harimo umukobwa witwa Queen Peace Mutoni wigize guharanira ikamba rya Miss Rwanda ndetse nirya Miss Supranational rya  2019 ariko ntibyamuhira ahubwo aba Miss Wamamaye( Miss Popularity).

Mu ndirimbo Dokima harimo umukobwa witwa Queen Peace Mutoni wigize guharanira ikamba rya Miss Rwanda
Mu ndirimbo Dokima
TAGGED:ElementEmmyfeaturedIndirimboKabezaKicukiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubanza Rukomatanyije Rwa Rusesabagina, Sankara… Rwimuriwe i Kigali
Next Article ‘Ntako Bisa Kuvuga Urukundo Wantuye’: Jules Sentore Abwira Nyina Witabye Imana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?