Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukobwa Wambitswe Impeta N’Umuhanzi Emmy Atuye ‘Kajeke’ Muri Kabeza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umukobwa Wambitswe Impeta N’Umuhanzi Emmy Atuye ‘Kajeke’ Muri Kabeza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2021 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru Taarifa yamenye n’uko  umukobwa ukundana n’umuhanzi Emmanuel Nsengiyumva uzwi nka Emmy aba mu muryango we utuye mu mudugudu wa Nyenyeri, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa Kanombe muri Kicukiro ahitwa Ku Gipine, hazwi nka Kajeke(Camp de la Jeunesse de Kabeza).

Joyce Umuhoza afite mukuru we  ariko umwe mu baturanyi b’umuryango wabo yatubwiye ko uriya mukobwa adakunda gusabana n’abaturanyi,  ko ataha yinjira iwabo.

Afite Se na Nyina. Kuva yamenyana na Umuhoza  Joyce nibwo Emmy aje mu Rwanda, ubu hashize imyaka itatu.

Bemenyaniye kuri Instagram.

Umuhanzi Emmy muri iki gihe ari mu Rwanda ari kumwereka urukundo rwinshi.

Umuhanzi Emmy akunda uriya mukobwa k’uburyo mbere ya ‘Kigali Guma mu Rugo’, ari we wamujyanaga ku kazi akanamucyura  kandi buri munsi.

Muri iki gihe cya Guma mu Rugo, Emmy amaze kumusura inshuro eshatu.

Emmy akomeje akazi ke k’ubuhanzi…

Muri Studio ya Element bakora indirimbo Dokima

Nyuma yo kwambika umukunzi we witwa Joyce Umuhoza impeta, yahise atangira gukora indirimbo yise Dokima(Document) yakoreye kwa Element.

Yaje mu Rwanda mu buryo bw’ibanga aje kumwambika impeta.

Yayimwambikiye ku kiyaga cya Muhazi ku ruhande rw’Akarere ka Rwamagana. Hari tariki 12, Mutarama, 2021.

Ibirori byo kwambika uyu mukobwa impeta byahuriranye n’isabukuru ye y’amavuko.

Itariki y’ubukwe bwabo ntiratangazwa.

Emmanuel Nsengiyumva akomeje akazi ke k’ubuhanzi ndetse aherutse gusohora indirimbo yise Dokima, akaba yarayikoreye mu nzu itunganya umuziki y’umusore ugezweho muri iki gihe wiyise ‘Element’.

Element yakoze amajwi, amashusho akorwa na Eazy Cuts.

Mu ndirimbo Dokima harimo umukobwa witwa Queen Peace Mutoni wigize guharanira ikamba rya Miss Rwanda ndetse nirya Miss Supranational rya  2019 ariko ntibyamuhira ahubwo aba Miss Wamamaye( Miss Popularity).

Mu ndirimbo Dokima harimo umukobwa witwa Queen Peace Mutoni wigize guharanira ikamba rya Miss Rwanda
Mu ndirimbo Dokima
TAGGED:ElementEmmyfeaturedIndirimboKabezaKicukiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubanza Rukomatanyije Rwa Rusesabagina, Sankara… Rwimuriwe i Kigali
Next Article ‘Ntako Bisa Kuvuga Urukundo Wantuye’: Jules Sentore Abwira Nyina Witabye Imana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?