Amakuru Taarifa yamenye n’uko umukobwa ukundana n’umuhanzi Emmanuel Nsengiyumva uzwi nka Emmy aba mu muryango we utuye mu mudugudu wa Nyenyeri, Akagari ka Kabeza, Umurenge wa...
Muri iyi minsi indirimbo yose igezweho mu Rwanda wumvamo akajambo ngo ‘Eleeeh’. Hari abakeka ko ari izina ry’umuhanzi runaka ariko burya ni agashya kazanywe n’umusore utunganya...