Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukunzi Wa Miss Naomie Yafashe Irembo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umukunzi Wa Miss Naomie Yafashe Irembo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 February 2024 9:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Michael Tesfay usanzwe ari umukunzi wa Miss  Naomie Nishimwe yafashe irembo iwabo wa Miss Nishimwe.

Uyu mukobwa yari aherutse kubwira itangazamakuru ko ubukwe bwe n’umukunzi we buzaba mu mpera z’umwaka wa 2024.

Abajijwe uko yasobanura umukunzi we, Nishimwe yigeze kuvuga  ko Tesfay ari “umuhungu wicisha bugufi”.

Ngo ntameze nk’abandi bose.

Yabajijwe igihe ubukwe bwe n’uwo musore wo muri Ethiopia undi yavuze ko buzaba mu Ukuboza, 2024 ariko yirinda kuvuga italiki nyayo.

AMASHUSHO + AMAFOTO: Michael Tesfay umukunzi wa Miss Nishimwe Naomie yamaze gufata irembo mu muryango wa Naomie bakomezanya urugendo mu kwitegura gukora ubukwe mu mpera z'uyu mwaka wa 2024.

✍️ Geovanie #inyarwandatrends #inyarwanda #nonehoevents pic.twitter.com/UEQ39QNtLN

— Inyarwanda.com (@Inyarwandacom) February 25, 2024

TAGGED:IremboMissNaomieNishimwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Yaguze Izindi Ntwaro
Next Article U Rwanda Ruzakomeza Kuzirikana Akamaro Perezida Geingob Yagiriye Afurika-PM Ngirente
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Umurundi Kirikou Akili Ukunzwe Mu Rwanda Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?