Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukuru Wa Leta Zunze Ubumwe Z’Abarabu Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umukuru Wa Leta Zunze Ubumwe Z’Abarabu Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 May 2022 1:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan wari usanzwe ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu yapfuye afit imyaka 73 y’amavuko.

Yabitswe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu itangazo yasohoye ryabonywe na Al Jazeera.

Muri kiriya gihugu ibendera ryururukijwe rigezwa hagati kandi iki cyunamo kizamara iminsi 40.

Ibiro Ntaramakuru bya kiriya gihugu byitwa WAM bivuga ko uriya mugabo yari amaze iminsi arwaye.

Uburwayi bwe bwari bukomeye k’uburyo atitabiraga inama myinshi zireba igihugu cye ndetse n’ibindi bikorwa bigifitiye akamaro.

Ubu Leta zunze ubumwe z’Abarabu zigiye kuyoborwa mu buryo budasubirwaho n’umuvandimwe we witwa  Mohammed bin Zayed wayoboraga kiriya gihugu mu gihe cyose uriya muyobozi yari amaze arwaye arembye.

Sheikh Khalifa yagiye ku butegetsi mu mwaka wa 2004 asimbuye Se witwaga Sheikh Zayed.

Uyu mugabo niwe uvugwa ho kuba yarashinze kiriya gihugu akakigeza ku bukungu gifite kugeza ubu.

Kimwe mu bintu by’agahigo igihugu cye cyahize amahanga ni uko ari cyo cyubatswemo umuturirwa usumba indi yose ku isi witwa Burj Khalifa uri i Dubai.

TAGGED:AbarabufeaturedLetaUbumwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kuba Ibiciro Byarazamutse Ntibyagombye Kuba Intandaro Yo Kudasorera RRA
Next Article Undi Mugabo Ukekwaho Uruhare Muri Jenoside Yakorewe Abatutsi Yafashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?