Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunya Djibouti Mahmoud Ali Youssouf Niwe Watorewe Kuyobora Afurika Yunze Ubumwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Umunya Djibouti Mahmoud Ali Youssouf Niwe Watorewe Kuyobora Afurika Yunze Ubumwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 February 2025 7:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amatora yakozwe n’Abakuru b’ibihugu n’abandi bari bari mu Nteko rusange ya Afurika yemeje ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Djibouti Mahmoud Ali Youssouf ari we usimbura Umunya Tchad Mussa Faki wayoboraga Komisiyo ya Afurika yunze ubumwe.

Faki yari yaragiye muri izo nshingano mu mwaka wa 2017.

Afurika y’Uburasirazuba yari yaratanze Raila Odonga nk’umukandida n’aho Afurika yo mu Majyepfo itanga Umunya Madagascar ariko bombi batsinzwe.

Uyu mudipolomate watowe azaba afite akazi kanini karimo no kunga ibihugu bimaze igihe birwana, gutuma Afurika ihabwa ijambo mu ruhando mpuzamahanga harimo no guhabwa umwanya mu Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi no bindi binini bibera ku isi.

Mahmoud Ali Youssouf yavutse mu mwaka wa 1965 yiga mu gihugu cye ariko akomereza n’ahandi harimo mu Bufaransa, mu Bwongereza, muri Canada no mu Bubiligi.

TAGGED:AfurikaDjiboutifeaturedOdinga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yaganiriye Minisitiri W’Intebe Wa Ethiopia Ku Iterambere Rihuriweho
Next Article Uburayi Buhangayikiye Ko Amerika Igiye Kuganira Na Putin
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?