Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunya Djibouti Mahmoud Ali Youssouf Niwe Watorewe Kuyobora Afurika Yunze Ubumwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Umunya Djibouti Mahmoud Ali Youssouf Niwe Watorewe Kuyobora Afurika Yunze Ubumwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 February 2025 7:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amatora yakozwe n’Abakuru b’ibihugu n’abandi bari bari mu Nteko rusange ya Afurika yemeje ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Djibouti Mahmoud Ali Youssouf ari we usimbura Umunya Tchad Mussa Faki wayoboraga Komisiyo ya Afurika yunze ubumwe.

Faki yari yaragiye muri izo nshingano mu mwaka wa 2017.

Afurika y’Uburasirazuba yari yaratanze Raila Odonga nk’umukandida n’aho Afurika yo mu Majyepfo itanga Umunya Madagascar ariko bombi batsinzwe.

Uyu mudipolomate watowe azaba afite akazi kanini karimo no kunga ibihugu bimaze igihe birwana, gutuma Afurika ihabwa ijambo mu ruhando mpuzamahanga harimo no guhabwa umwanya mu Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi no bindi binini bibera ku isi.

Mahmoud Ali Youssouf yavutse mu mwaka wa 1965 yiga mu gihugu cye ariko akomereza n’ahandi harimo mu Bufaransa, mu Bwongereza, muri Canada no mu Bubiligi.

TAGGED:AfurikaDjiboutifeaturedOdinga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yaganiriye Minisitiri W’Intebe Wa Ethiopia Ku Iterambere Rihuriweho
Next Article Uburayi Buhangayikiye Ko Amerika Igiye Kuganira Na Putin
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: Umutingito Wateye Tsunami Yishe Abantu 248

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?