Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamabanga Uhoraho Wa Commonwealth Ari Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Umunyamabanga Uhoraho Wa Commonwealth Ari Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 May 2022 5:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Patricia Scotland usanzwe ari Umunyamabanga uhoraho mu Muryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza Patricia Scotland ari mu Rwanda mu ruzinduko yabonaniyemo na Perezida Paul Kagame.

Ku rukuta  rwa Twitter rw’Ibiro by’Umukuru w’igihugu handitseho ko Perezida Kagame yaganiriye na Patricia Scotland ku ngingo zitandukanye zirimo n’imyiteguro ya CHOGM iri hafi kubera mu Rwanda.

Hagati aho ariko Patricia Scotland ari mu Rwanda mu yindi nama iri kubera mu Rwanda yiga uk ibihugu bya Commonwealth byakomeza kurwanya ruswa.

This afternoon at Urugwiro Village, President Kagame received Rt. Hon. @PScotlandCSG who is in Kigali for the 12th Regional Conference of Heads of Anti-Corruption Agencies in Commonwealth Africa. They discussed the upcoming #CHOGM2022 to be hosted by Rwanda. pic.twitter.com/OoSwT5bB9q

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) May 2, 2022

Ni inama ya 12 yitwa 12th Regional Conference of Heads of Anti-Corruption Agencies in Commonwealth Africa.

Inama ya CHOGM izaba muri Kanama, 2022. Ni inama yari bubere mu Rwanda mu mwaka wa 2020 ariko irasubikwa kubera ko ubwandu bwa COVID-19 bwari bwinshi mu Rwanda n’ahandi hose ku isi.

TAGGED:CommonwealthfeaturedKagamePatriciaScotland
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali:Uko Byifashe Ahagiye Kubera Ikiganiro Gihuza Ramos N’Abanyamakuru
Next Article Sergio Ramos Ati: “ Nkiri Umwana Nakundaga Ronaldo’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?