Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamakuru Yiciwe Mu Kazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umunyamakuru Yiciwe Mu Kazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 May 2022 2:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamakuru ba Al Jazeera n’abandi banyamakuru muri rusange bari mu gahinda batewe n’urupfu rw’umunyamakuru witwa Shireen Abu Akleh wiciwe mu mu kazi ari gutara amakuru y’imirwano iri guhuza abanya Palestine n’ingabo za Israel.

Ingabo za Israel nizo bivugwa ko zamurashe , icyakora ntibiramenyekana niba uwamurashe yabikoze nkana.

Shireen Abu Akleh w’imyaka  51 yiciwe ahitwa Jenin muri gace ka Gaza muri Palestine.

Urupfu rw’uriya munyamakuru rushobora kandi gutuma ibintu birushaho kuzamba hagati y’ingabo za Israel n’abaturage bo muri Palestine.

Ikindi ni uko ingabo za Israel zivuga ko zikomeje kuraswaho cyane bityo ngo biri bube ngombwa ko zifungura intambara yeruye niba ibintu bidahindutse.

Perezida wa Palestine ndetse n’ubuyobozi bwa Al Jazeera bemeje ko uriya mugore yarashwe ku bushake by’abasirikare ba Israel.

Ambasaderi w’Amerika muri Israel witwa Tom Nides nawe yavuze ko yababajwe n’urupfu rw’uriya munyamakuru.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Israel nayo yatangaje ko iri bukore iperereza ryihariye ku rupfu rw’umunyamakuru wa Al Jazeera witwa Shireen Abu Akleh.

Igihugu cya Qatar nacyo cyamaganye urupfu rw’uyu mugore wari umaze igihe kirekire akora akazi ko gutara no gutangariza amakuru imwe muri Televiziyo zikomeye ku isi yitwa Al Jazeera.

TAGGED:Al JazeerafeaturedQatarTeleviziyoUmunyamakuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article REG BBC Yatsinze Ikipe Ya Kuwait Ku Mukino Wa Gicuti
Next Article Kwigisha Uko Inkongi Yirindwa Byageze No Mu Mashuri Yisumbuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?