Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamakuru Yiciwe Mu Kazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umunyamakuru Yiciwe Mu Kazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 May 2022 2:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamakuru ba Al Jazeera n’abandi banyamakuru muri rusange bari mu gahinda batewe n’urupfu rw’umunyamakuru witwa Shireen Abu Akleh wiciwe mu mu kazi ari gutara amakuru y’imirwano iri guhuza abanya Palestine n’ingabo za Israel.

Ingabo za Israel nizo bivugwa ko zamurashe , icyakora ntibiramenyekana niba uwamurashe yabikoze nkana.

Shireen Abu Akleh w’imyaka  51 yiciwe ahitwa Jenin muri gace ka Gaza muri Palestine.

Urupfu rw’uriya munyamakuru rushobora kandi gutuma ibintu birushaho kuzamba hagati y’ingabo za Israel n’abaturage bo muri Palestine.

Ikindi ni uko ingabo za Israel zivuga ko zikomeje kuraswaho cyane bityo ngo biri bube ngombwa ko zifungura intambara yeruye niba ibintu bidahindutse.

Perezida wa Palestine ndetse n’ubuyobozi bwa Al Jazeera bemeje ko uriya mugore yarashwe ku bushake by’abasirikare ba Israel.

Ambasaderi w’Amerika muri Israel witwa Tom Nides nawe yavuze ko yababajwe n’urupfu rw’uriya munyamakuru.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Israel nayo yatangaje ko iri bukore iperereza ryihariye ku rupfu rw’umunyamakuru wa Al Jazeera witwa Shireen Abu Akleh.

Igihugu cya Qatar nacyo cyamaganye urupfu rw’uyu mugore wari umaze igihe kirekire akora akazi ko gutara no gutangariza amakuru imwe muri Televiziyo zikomeye ku isi yitwa Al Jazeera.

TAGGED:Al JazeerafeaturedQatarTeleviziyoUmunyamakuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article REG BBC Yatsinze Ikipe Ya Kuwait Ku Mukino Wa Gicuti
Next Article Kwigisha Uko Inkongi Yirindwa Byageze No Mu Mashuri Yisumbuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?