Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Aravugwaho Umubano Na 50 Cent
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umunyarwandakazi Aravugwaho Umubano Na 50 Cent

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2024 11:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Chantal( Chanty) Rutayisire( Ifoto@Instagram)
SHARE

Chantal Rutayisire ni Umunyarwandakazi umaze iminsi yararamaye ku mbunga nkoranyambanga aranugwanugwa gukundana n’umwe mu baraperi bakomeye ku isi witwa 50 Cent.

Ubwo 5O Cent yamurikaga igitabo aherutse kwandika yise The Accomplice yari ari kumwe na Chantal Rutayisire barifotozanya undi asangiza iyo foto abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga akoresha.

Nguwo na 50 Cent

Bidatinze yahise atangaza andi mafoto bari kumwe, bari mu Leta ya Texas, ifite umurwa mukuru witwa Austin.

Icyo gihe Cent yamurikaga inzoga ye ya Champagne yise Le Chemin du Roi n’indi yise ‘Branson Cognac’.

Rutayisire Chantal avuka mu Karere ka Gisagara.

Aherutse gusohora igitabo yise “Smile after Tears” mu Kinyarwanda bivuze “Inseko nyuma y’amarira” kivuga ku buzima bwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’uburyo yayirokotse ubu akaba afite inseko nziza n’umucyo mu maso.

Asanzwe aba muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

TAGGED:AmerikaRutayisireUmunyarwandakaziUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Marburg Imaze Kwica Abantu 11
Next Article Umukinnyi Wa Gasogi Yatawe Muri Yombi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Airtel-Rwanda Na Mbonyi Barabararitse Mu Gitaramo Icyambu Tour 4

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Umuhanzi Ruzima Yafatanywe Ikirundo Cy’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?