Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Aravugwaho Umubano Na 50 Cent
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umunyarwandakazi Aravugwaho Umubano Na 50 Cent

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2024 11:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Chantal( Chanty) Rutayisire( Ifoto@Instagram)
SHARE

Chantal Rutayisire ni Umunyarwandakazi umaze iminsi yararamaye ku mbunga nkoranyambanga aranugwanugwa gukundana n’umwe mu baraperi bakomeye ku isi witwa 50 Cent.

Ubwo 5O Cent yamurikaga igitabo aherutse kwandika yise The Accomplice yari ari kumwe na Chantal Rutayisire barifotozanya undi asangiza iyo foto abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga akoresha.

Nguwo na 50 Cent

Bidatinze yahise atangaza andi mafoto bari kumwe, bari mu Leta ya Texas, ifite umurwa mukuru witwa Austin.

Icyo gihe Cent yamurikaga inzoga ye ya Champagne yise Le Chemin du Roi n’indi yise ‘Branson Cognac’.

Rutayisire Chantal avuka mu Karere ka Gisagara.

Aherutse gusohora igitabo yise “Smile after Tears” mu Kinyarwanda bivuze “Inseko nyuma y’amarira” kivuga ku buzima bwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’uburyo yayirokotse ubu akaba afite inseko nziza n’umucyo mu maso.

Asanzwe aba muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

TAGGED:AmerikaRutayisireUmunyarwandakaziUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Marburg Imaze Kwica Abantu 11
Next Article Umukinnyi Wa Gasogi Yatawe Muri Yombi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?