Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Aravugwaho Umubano Na 50 Cent
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umunyarwandakazi Aravugwaho Umubano Na 50 Cent

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2024 11:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Chantal( Chanty) Rutayisire( Ifoto@Instagram)
SHARE

Chantal Rutayisire ni Umunyarwandakazi umaze iminsi yararamaye ku mbunga nkoranyambanga aranugwanugwa gukundana n’umwe mu baraperi bakomeye ku isi witwa 50 Cent.

Ubwo 5O Cent yamurikaga igitabo aherutse kwandika yise The Accomplice yari ari kumwe na Chantal Rutayisire barifotozanya undi asangiza iyo foto abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga akoresha.

Nguwo na 50 Cent

Bidatinze yahise atangaza andi mafoto bari kumwe, bari mu Leta ya Texas, ifite umurwa mukuru witwa Austin.

Icyo gihe Cent yamurikaga inzoga ye ya Champagne yise Le Chemin du Roi n’indi yise ‘Branson Cognac’.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Rutayisire Chantal avuka mu Karere ka Gisagara.

Aherutse gusohora igitabo yise “Smile after Tears” mu Kinyarwanda bivuze “Inseko nyuma y’amarira” kivuga ku buzima bwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’uburyo yayirokotse ubu akaba afite inseko nziza n’umucyo mu maso.

Asanzwe aba muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

TAGGED:AmerikaRutayisireUmunyarwandakaziUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Marburg Imaze Kwica Abantu 11
Next Article Umukinnyi Wa Gasogi Yatawe Muri Yombi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Twatanze Imbanzirizamushinga Y’amahoro Twifuza Muri DRC- Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Uko Ibihugu Birutanwa Kunywa Byeri: Ubushinwa Burayoboye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Ruzasinyana Na DRC Amasezerano Imbere Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?