Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Yatorewe Kuyobora Ihuriro Ry’Abanyamategeko Ba EAC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyarwandakazi Yatorewe Kuyobora Ihuriro Ry’Abanyamategeko Ba EAC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 November 2022 9:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Yitwa Florida Kabasinga. Aherutse gutorerwa kuba Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro ry’Abanyamategeko bo mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba ryitwa East Africa Law Society (EALS).

Iri huriro rigizwe n’abanyamategeko 19,000.

Florida Kabasinga asanzwe afite ikigo cyunganira abantu mu manza kitwa Certa Law.

Ni umuhanga mu mategeko mpuzamahanga mpanabyaha( international criminal law) ndetse n’amategeko agenga iby’ubukungu tutibagiwe n’amategeko agenga ibyaha nshinjabyaha.

Uretse kuba yatorewe ziriya nshingano, uyu mugore yari asanzwe ayoboye Komite nkemurampaka mu Ihuriro ry’abanyamategeko bagize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba.

The New Times yanditse ko  Kabasinga aba no mu Ihuriro ry’abanyamategeko bo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ryitwa American Bar Association.

Afite impamyabumenyi ihanitse mu mategeko agenga uburenganzira bwa muntu( Human Rights Law) yakuye muri Kaminuza ya Notre Dame iri muri Leta ya Indiana muri Amerika.

Ihuriro ry’abanyamategeko bo muri EAC rihuza abagize ingaga za buri gihugu  ni ukuvuga urwa Kenya bita Law Society of Kenya, urwa Tanzania bita  Tanganyika Law Society, urwa Uganda bita Uganda Law Society, urwitwa Zanzibar Law Society, urw’u Rwanda bita Rwanda Bar Association, urw’u Burundi bita Burundi Bar Association ndetse n’urwa Sudan y’Epfo rwitwa South Sudan Bar Association.

TAGGED:AmategekoEACfeaturedKabasinga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Equatorial Guinea Yatorewe Manda Ya ‘Gatandatu’
Next Article Ab’i Kirehe Barataka Kutagira Ihuzamurongo Rya Telefoni Rifatika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?