Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Yatorewe Kuyobora Ihuriro Ry’Abanyamategeko Ba EAC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyarwandakazi Yatorewe Kuyobora Ihuriro Ry’Abanyamategeko Ba EAC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 November 2022 9:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Yitwa Florida Kabasinga. Aherutse gutorerwa kuba Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro ry’Abanyamategeko bo mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba ryitwa East Africa Law Society (EALS).

Iri huriro rigizwe n’abanyamategeko 19,000.

Florida Kabasinga asanzwe afite ikigo cyunganira abantu mu manza kitwa Certa Law.

Ni umuhanga mu mategeko mpuzamahanga mpanabyaha( international criminal law) ndetse n’amategeko agenga iby’ubukungu tutibagiwe n’amategeko agenga ibyaha nshinjabyaha.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uretse kuba yatorewe ziriya nshingano, uyu mugore yari asanzwe ayoboye Komite nkemurampaka mu Ihuriro ry’abanyamategeko bagize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba.

The New Times yanditse ko  Kabasinga aba no mu Ihuriro ry’abanyamategeko bo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ryitwa American Bar Association.

Afite impamyabumenyi ihanitse mu mategeko agenga uburenganzira bwa muntu( Human Rights Law) yakuye muri Kaminuza ya Notre Dame iri muri Leta ya Indiana muri Amerika.

Ihuriro ry’abanyamategeko bo muri EAC rihuza abagize ingaga za buri gihugu  ni ukuvuga urwa Kenya bita Law Society of Kenya, urwa Tanzania bita  Tanganyika Law Society, urwa Uganda bita Uganda Law Society, urwitwa Zanzibar Law Society, urw’u Rwanda bita Rwanda Bar Association, urw’u Burundi bita Burundi Bar Association ndetse n’urwa Sudan y’Epfo rwitwa South Sudan Bar Association.

TAGGED:AmategekoEACfeaturedKabasinga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Equatorial Guinea Yatorewe Manda Ya ‘Gatandatu’
Next Article Ab’i Kirehe Barataka Kutagira Ihuzamurongo Rya Telefoni Rifatika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 

Rihanna Yapfushije Se

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

M23 Irasaba Uburundi Gucyura Ingabo Zabwo Inzira Zikigendwa

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

Kigali: Hagiye Gushyirwaho Ingengabihe Yo Gutwara Abagenzi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ba Rwiyemezamirimo Bagiye Guhatanira Igihembo Cya Miliyoni $1.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Musk Yavuye Mu Nshingano Yahawe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Umwanditsi Ukomeye Ngũgĩ wa Thiong’o Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Pariki Y’Akagera Yinjije Arenga Miliyari Frw 5 Mu Mwaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?