Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Yegukanye Umudali Wa Karate Muri Shampiyona Ya Afurika 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Umunyarwandakazi Yegukanye Umudali Wa Karate Muri Shampiyona Ya Afurika 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 July 2025 3:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Irakoze Aline ni umwana w’imyaka 16 wegukanye umudali w’ubutare bita silver yabonye amaze kugera ku mwanya wa kabiri muri shampiyona ya Afurika muri Karate iri kubera muri Nigeria.

Yatangiye kuva tariki 22 kugeza ku ya 27 Nyakanga, 2025.

Uyu mwana ubu akina mu ikipe y’igihugu ku nshuro ye ya mbere, yabigeze ho kuri uyu Gatanu Tariki 26, Nyakanga, 2025 ageze mu mikino ya nyuma y’abakina umuntu ku giti cye, mu cyiciro cy’abari mu nsi y’ibiro 53 bakina barwana icyo bita Kumite.

Mbere yo guhatana mu cyiciro cya Kumite,  Irakoze Aline yari yabanje gukina no guhatana mu kwiyereka, ibyo bita Kata yegukanamo umwanya wa gatanu.

Ibihugu birenga 30 nibyo byitabiriye iri rushanwa, u Rwanda ruhagarariwe n’abakinnnyi 13, mu byiciro bitatu byose biri gukinwa muri iyi mikino ari byo abari hagati y’imyaka 14 na 15, hagati 16 na 17 ndetse no mu bakuru.

Kuri iki Cyumweru mu cyiciro cy’abakuze hakaba hitezwe ko hashobora kuboneka indi midali.

TAGGED:featuredKarateNigeriaRwandaUmukinoUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abantu 950 Bishwe N’Impiswi Zikomeye
Next Article DRC: Abantu 43 Bishwe N’Inyeshyamba Zo Muri Uganda 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyarwanda Barashukwa Bakaza Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?