Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umupadiri w’Umunyarwanda Yabivuyemo, Ati: ‘Nzakorera Imana Mu Bundi Buryo’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umupadiri w’Umunyarwanda Yabivuyemo, Ati: ‘Nzakorera Imana Mu Bundi Buryo’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 July 2021 8:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibaruwa yanditswe na Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira ivuga ko nyuma yo gutekereza bihagije,akabaza inshuti, abavandimwe n’abandi bapadiri, yafashe umwanzuro wo kuva mu Bupadiri agashaka umugore.

Ngo azakorera Imana ‘mu bundi buryo’.

Ibaruwa bigaragara ko yanditswe tariki 18, Nyakanga, 2021 yerekana ko Padiri Ntiyamira yayanditse igenewe Musenyeri Seriveriyani Nzakamwita Evêque wa Diyoseze ya Byumba, amusaba kwemera ubwegure bwe ku bupadiri.

Muri iriya baruwa Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira avuga ko yatekereje asanga ibyiza ari uko yava mu busasaridoti, akaba umuntu usanzwe ariko wubaha kandi agakorera Imana.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yanditse ko yasanze ibyiza bitamugoye ari ugukorera Imana ari umugabo wubatse, ibyo yise ‘kuyikorera mu bundi buryo.’

Ibaruwa ye isezera

Mu ibaruwa ye kandi avuga ko yari amaze imyaka 13 ari Umusaseridoti.

Bigaragara ko iriya baruwa yayandikiye mu Mujyi wa Hannover mu Budage ahitwa Patoral bereich Mitte-Süd.

TAGGED:featuredNzakamwitaPadiriUmugoreUmunyarwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amayeri Y’Abacuruza Urumogi Baruvana I Rubavu
Next Article Amerika Ishaka Ko Zimbabwe Ikoresha Inkingo Zayo, Yo Igahitamo Iz’Abashinwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?