Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umurambo W’Umuturage W’i Burera Wari Warabuze Wabonetse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umurambo W’Umuturage W’i Burera Wari Warabuze Wabonetse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 May 2023 12:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru mashya aturuka mu Karere ka Burera avuga ko umurambo wa Sembagare Faustin wari umaze iminsi ishakishwa kubera ko wagwiriwe n’inkangu ubwo yari aryamye mu ijoro wabonetse.

Hari hashize iminsi mike, inkangu itenguye umusozi wo mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Kabaya mu Murenge wa Kagogo muri Burera igahitana inzu yari irimo Sembagare Faustin, abana be batatu n’umwuzukuru.

RBA yari yatangaje kuri Twitter ko imirambo ya bariya bana yari yarabonetse keretse uwa Sembagare wari ugishakishwa.

Imashini yaritabajwe mu gushakisha Sembagare

Abaturage bari bamaze iminsi bakoresha amasuka, ibitiyo n’ibindi bikoresho ngo barebe ko babona umurambo wa Sembagare Faustin ariko ntacyo bageraho.

Byabaye ngombwa ko kuri uyu wa Gatandatu bitabaza imashini iracukura kugira ngo barebe niba waboneka.

Amakuru mashya avuga ko umurambo wa Faustin Sembagare wabonetse igisigaye ari ukuza kumushyingura.

Inzego z’umutekano n’abaturage zari  zazindukiye ahari gukorerwa icyo gikorwa kugira ngo ubufasha bwose bwakenerwa buze gutangwa.

Gushakisha umurambo wa Sembagare Faustin w’i Burera byakozwe nyuma y’uko gushakisha imirambo y’abantu batandatu bo muri Huye  bimaze iminsi 16 yaraguye mu kirombe bihagaritswe kuko nta kizere cyo kubabona kigihari.

Huye: Gushakisha Batandatu Baguye Mu Kirombe BYAHAGARITSWE

TAGGED:BurerafeaturedHuyeInkanguUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Umugambi Wo Kugurisha Moto Yabandi Wabapfubanye
Next Article Rwamagana: Umugore Yishwe Ni Ibuye Ari Mu Kirombe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?