Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umurambo W’Umuturage W’i Burera Wari Warabuze Wabonetse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umurambo W’Umuturage W’i Burera Wari Warabuze Wabonetse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 May 2023 12:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru mashya aturuka mu Karere ka Burera avuga ko umurambo wa Sembagare Faustin wari umaze iminsi ishakishwa kubera ko wagwiriwe n’inkangu ubwo yari aryamye mu ijoro wabonetse.

Hari hashize iminsi mike, inkangu itenguye umusozi wo mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Kabaya mu Murenge wa Kagogo muri Burera igahitana inzu yari irimo Sembagare Faustin, abana be batatu n’umwuzukuru.

RBA yari yatangaje kuri Twitter ko imirambo ya bariya bana yari yarabonetse keretse uwa Sembagare wari ugishakishwa.

Imashini yaritabajwe mu gushakisha Sembagare

Abaturage bari bamaze iminsi bakoresha amasuka, ibitiyo n’ibindi bikoresho ngo barebe ko babona umurambo wa Sembagare Faustin ariko ntacyo bageraho.

Byabaye ngombwa ko kuri uyu wa Gatandatu bitabaza imashini iracukura kugira ngo barebe niba waboneka.

Amakuru mashya avuga ko umurambo wa Faustin Sembagare wabonetse igisigaye ari ukuza kumushyingura.

Inzego z’umutekano n’abaturage zari  zazindukiye ahari gukorerwa icyo gikorwa kugira ngo ubufasha bwose bwakenerwa buze gutangwa.

Gushakisha umurambo wa Sembagare Faustin w’i Burera byakozwe nyuma y’uko gushakisha imirambo y’abantu batandatu bo muri Huye  bimaze iminsi 16 yaraguye mu kirombe bihagaritswe kuko nta kizere cyo kubabona kigihari.

Huye: Gushakisha Batandatu Baguye Mu Kirombe BYAHAGARITSWE

TAGGED:BurerafeaturedHuyeInkanguUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Umugambi Wo Kugurisha Moto Yabandi Wabapfubanye
Next Article Rwamagana: Umugore Yishwe Ni Ibuye Ari Mu Kirombe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?