Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuryango Wa Perezida Kagame Wabaruwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Umuryango Wa Perezida Kagame Wabaruwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2022 12:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare Youssuf Murangwa niwe wagiye kubarura mu rugo rwa Perezida Paul Kagame.

Kuri uyu wa Kabiri taliki 16, Kanama, 2022 nibwo hatangijwe Ibarura rya gatanu ry’abaturage n’imiturire.

Rigamije kureba umubare w’abatuye u Rwanda, ibyo bakora, uko babayeho…byose bigakorwa mu rwego rwo kubona no gutanga imibare ihamye izafasha inzego zikora politiki y’igihugu mu kugena imigambi.

Amafoto yashyizwe ku rubuga rw’Ibiro by’Umukuru w’u Rwanda arerekana Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari kuganira na Youssouf Murangwa wambaye umwenda w’abashinzwe ibarura.

President Kagame and First Lady Jeannette Kagame were enumerated as the National Institute of Statistics (NISR) started to conduct the fifth Population and Housing Census. Details about the first family were recorded by Yusuf Murangwa, the Director General of NISR. #Ibarura2022 pic.twitter.com/xpXeuWEobw

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) August 16, 2022

Soma ikiganiro ku mwihariko w’iri barura rusange ry’abaturage…

Ibarura Ry’Abatuye U Rwanda Rigiye Gukorwa, Rifite Uwuhe Mwihariko?…Ikiganiro Kirambuye

TAGGED:AbaturagefeaturedIbaruraKagameMurangwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Basabwe Kudakomeza Kubabaza Bikira Mariya
Next Article Busingye Yashwishurije Umu ‘Feminist’ Waketse Ko Ashyigikiye Impenure Mu Banyarwandakazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?