Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuryango Wa Perezida Wa Senegal Wimukiye Muri Maroc
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umuryango Wa Perezida Wa Senegal Wimukiye Muri Maroc

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2024 10:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ibyemezwa na Ambasaderi wa Senegal muri UNESCO witwa Souleymane Jules Diop, akaba yabibwiye TV 5 Monde.

Uyu mugabo kandi yavuze ko Perezida Sall afite na gahunda yo kuba muri Maroc.

Ibibazo bya Politiki muri Senegal birakomeye k’uburyo muri iki gihe abatavuga rumwe na Leta y’iki gihugu bavuga ko ibintu bigomba gusubira uko byari byarateganyijwe kubera ko Perezida Macky Sall yari aherutse gutangaza ko Amatora y’Umukuru w’iki gihugu yakwigizwa imbere ho amezi runaka.

Yavugaga ko kuyigiza imbere byagirira abantu akamaro kubera ko byafasha mu gutuma hari ibibazo bya Politiki n’ubutabera byakemurwa mbere y’uko amatora nyirizina ategurwa.

Ibi ariko abatavuga rumwe nawe, abenshi muri bo, ntibabyishimiye.

Kimwe mu bibazo bya Politiki bimaze iminsi byarashyuhije imitwe y’abanya Senegal ni uko hari umunyapolitiki witwa Karim Wade  warakuwe ku rutonde rw’abemerewe kuyobora Senegal kubera kugira ubwenegihugu bubiri.

Souleymane Jules Diop avuga ko itegeko rya Senegal ritemerera uwo muntu kwiyamamariza kuba Perezida wa Senegal nk’uko ritabyemerera n’umuntu ufite munsi y’imyaka 35 y’amavuko.

TAGGED:AmatoraMackyPerezidaSallSenegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kazungu Yemeye Ibyaha Byose Aregwa Ati’ NDABYEMERA’
Next Article Mu Rukiko Kazungu Yarize Asaba Imbabazi Abo Yiciye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?