Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuryango Wa Perezida Wa Senegal Wimukiye Muri Maroc
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umuryango Wa Perezida Wa Senegal Wimukiye Muri Maroc

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2024 10:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ibyemezwa na Ambasaderi wa Senegal muri UNESCO witwa Souleymane Jules Diop, akaba yabibwiye TV 5 Monde.

Uyu mugabo kandi yavuze ko Perezida Sall afite na gahunda yo kuba muri Maroc.

Ibibazo bya Politiki muri Senegal birakomeye k’uburyo muri iki gihe abatavuga rumwe na Leta y’iki gihugu bavuga ko ibintu bigomba gusubira uko byari byarateganyijwe kubera ko Perezida Macky Sall yari aherutse gutangaza ko Amatora y’Umukuru w’iki gihugu yakwigizwa imbere ho amezi runaka.

Yavugaga ko kuyigiza imbere byagirira abantu akamaro kubera ko byafasha mu gutuma hari ibibazo bya Politiki n’ubutabera byakemurwa mbere y’uko amatora nyirizina ategurwa.

Ibi ariko abatavuga rumwe nawe, abenshi muri bo, ntibabyishimiye.

Kimwe mu bibazo bya Politiki bimaze iminsi byarashyuhije imitwe y’abanya Senegal ni uko hari umunyapolitiki witwa Karim Wade  warakuwe ku rutonde rw’abemerewe kuyobora Senegal kubera kugira ubwenegihugu bubiri.

Souleymane Jules Diop avuga ko itegeko rya Senegal ritemerera uwo muntu kwiyamamariza kuba Perezida wa Senegal nk’uko ritabyemerera n’umuntu ufite munsi y’imyaka 35 y’amavuko.

TAGGED:AmatoraMackyPerezidaSallSenegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kazungu Yemeye Ibyaha Byose Aregwa Ati’ NDABYEMERA’
Next Article Mu Rukiko Kazungu Yarize Asaba Imbabazi Abo Yiciye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?