Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusaza Nyagashotsi Ubuyobozi Bwamwemereye Televiziyo Bumuha Antenne Gusa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umusaza Nyagashotsi Ubuyobozi Bwamwemereye Televiziyo Bumuha Antenne Gusa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2022 8:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Mata, 2021 nibwo umusaza Epimaque Nyagashotsi wo mu  Kagari ka Ndatemwa, Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo yatashye inzu yari yarasabye kugira ngo ayisaziremo kuko yabaga mu nzu itameze neza ndetse atagira n’inka imukamirwa. Icyo gihe yarayihawe ariko yemererwa ko azahabwa na Televiziyo. Abamwemereye iyi televiziyo nyuma bamuhaye antene yayo gusa ariko ntibamuha icyuma cyakira amashusho yakuruwe nayo.

Aherutse kubwira umunyamakuru wa Taarifa ko bitumvikana ukuntu bamuhaye antene yonyine kandi bazi neza ko ntacyo yamara idafite icyuma cyakira amashusho yayo.

Asaba ko muri iki gihe hari kuba imikino y’igikombe cy’Afurika cy’ibihugu byaba byiza abamwemereye kiriya cyuma bakimuhaye azareba imikino isigaye kuko ari nayo ishyushye.

Umwaka ushize[muri Mata] ubwo yatahaga inzu y’amasaziro n’inka yari yarifuje korora ikamukamirwa, umusaza Epimaque Nyagashotsi yashimye ubuyobozi bw’u Rwanda cyane cyane Perezida wa Repubulika wamugabiye.

Kuwa Gatandatu tariki 23, Mata, 2021 nibwo yatashye iriya nzu ye. Ingabo z’u Rwanda zagize uruhare runini mu kuba uriya musaza yarubakiwe inzu ikomeye, agahabwa inka, ikiraro cyayo, ubwiherero n’igikoni.

Yarwanye Intambara Y’Isi, Aba Inyenzi, Arasaba Perezida Kagame ‘Kumuremera’

TAGGED:AfurikafeaturedGatsiboNyagashotsiUmusaza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Burusiya Buravugwaho Kwirukana U Bufaransa No Muri Burkina Faso
Next Article U Rwanda Ni Nk’Isinagogi- Umuraperi Riderman
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?