Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umushoramari Wakomotseho Izina ‘Chez Venant’ Yitabye Imana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Umushoramari Wakomotseho Izina ‘Chez Venant’ Yitabye Imana

admin
Last updated: 18 March 2021 11:21 am
admin
Share
SHARE

Umushoramari Venant wari ufite resitora mu Mujyi wa Kigali yubatse izina nka “Chez Venant Bar & Resto”, yitabye Imana.

Iyi resitora yahoze ikomeye mu mujyi wa Kigali, gusa yaje gufunga imiryango ndetse n’aho yakoreraga haza gusenywa mu gihe hategereje kuzamurwa inyubako zigezweho mu mushinga munini cyane.

Uretse muri ibi bihe ibitaramo byahagaze kubera icyorezo cya COVID-19, abataramyi bo mu myaka nko mu 2014 bibuka uburyo abasohokeraga Chez Venant bataramirwaga n’itsinda ry’abacuranzi ryitwa Imanzi mu muziki wa karahanyuze.

Ibyo bikiyongeraho n’abakundaga umuziki gezweho, bakinirwaga n’aba DJ bari bakomeye icyo gihe nka Dj Cox, Dr Papy na Dj Boofet.

Kuri aka gace benshi bitaga kwa Venant, hanakoreye akabari kitwaga ZOOM ka DJ Bissosso.

Aha hantu ni hamwe mu hahuriraga abahanzi benshi mu Rwanda kubera igikorwa cyahakorerwaga cyo kumurika amashusho y’indirimbo nshya. Benshi mu bahanzi nyarwanda bakundaga kujya kuhishimishiriza.

TAGGED:Chez VenantKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article N’ubwo Ingamba Zo Kwirinda COVID-19 Zorohejwe, Ntimuzazifatane Uburemere Buke- Polisi
Next Article Umupolisi Mukuru Aravugwaho Gushaka Guhitana Umukire Wa Mbere Mu Buhinde
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ubwizigame Bw’Abanyarwanda Ntiburagera No Kuri 50%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

U Rwanda Rurategura Indi Nama Nyafurika Y’Ibigo By’Imari N’Imigabane

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ubushinwa Bwashyizeho Ambasaderi Wabwo Mushya Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Côte d’Ivoire: Ikipe Y’Igihugu Ya Basketball Y’Abagore Yitwaye Nabi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?