Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusirikare Wa DRC Yarasiwe Ku Butaka Bw’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umusirikare Wa DRC Yarasiwe Ku Butaka Bw’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 June 2022 2:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yasohoye itangazo rivuga ko hari umusirikare wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo winjiye ku butaka bw’u Rwanda akarasa abapolisi babiri bagakomereka ariko kandi nawe araraswa arapfa.

Byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu.

Hari amakuru avuga ko uriya musirikare yaje kurasa Abanyarwanda yihorera kubera ‘mwenewabo’ wishwe na M23.

Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo imaze igihe ishinja u Rwanda ko ari rwo rufasha uriya mutwe.

Kuba umusirikare wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yinjiye mu Rwanda akarasa Abanyarwanda ni ikintu gishobora gukomeza kuzamura umwuka mubi hagati y’igihugu byombi.

Hashize igihe gito Leta y’u Rwanda isaba amahanga kubuza iya Repubulika ya Demukarasi ya Congo gukomeza kuyishotora.

Mu minsi ishize mu Rwanda haguye ibisasu byaraswaga biva muri kiriya gihugu ariko ntibyagira abo bihitana.

Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yongeye guhumuriza abaturage ko umutekano wabo urinzwe.

Itangazo rya RDF

Minisiteri y’umutekano mu gihugu nayo yaraye ivuze ko Abanyarwanda bagombye kumva batekanye, bakikomereza akazi kabo ka buri munsi.

TAGGED:featuredIngaboMinisiteriUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Ruhangayikishijwe N’Uko Ntacyo UN Ivuga Ku Bushotoranyi Bwa DRC
Next Article U Rwanda Rurashaka Kuzagurisha Zahabu Abazitabira CHOGM
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?