Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusirikare Wa Uganda Yiciwe Mu Kabari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umusirikare Wa Uganda Yiciwe Mu Kabari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 July 2022 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Willy Rubangakene yari umusikare wa Uganda wiciwe mu kabari arashwe n’umusekirite nyuma yo guterana igipfunsi bapfa umukobwa.

Iby’iyicwa ry’uyu musirikare byemejwe n’umuvugizi wa Polisi mu gace byabereyemo kitwa Kyota.

ChimpReports ivuga ko umuvugizi wa Polisi muri kariya gace yitwa CIP Greg Oscar Ageca  avuga ko hari andi makuru bagikusanya avuga ko na telefoni yabaye nyirabayazana w’igipfunsi cyaje kuvamo ko umusekirite yitaje umusirikare amurasa mu ngusho.

Mu ngabo za Uganda n’ahandi henshi mu bindi bihugu hajya havugwa amakimbirane hagati y’abashinzwe umutekano ubwabo cyangwa hagati yabo n’abo bashinzwe kuwurindira.

Mu myaka ishize hari umusirikare mukuru mu ngabo za Uganda wabajijwe icyo yakoze ubwo abasirikare bamurinda bahohoteraga umupolisi w’umugore wari uri mu kazi akabasaba gukurikiza amategeko y’umuhanda bakamusuzugura.

Hari n’undi nawe wigeze guhamagarwa n’abana be bamubwira ko hari umuntu uri kubiyama ngo umuziki wo mu modoka yabo uramusakuriza, undi araza apfumura imodoka y’uwo muntu yari iparitse hafi aho.

TAGGED:featuredUgandaUmusirikare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Francis Yagize Icyo Avuga Ku Ngingo Y’Uko Ashobora KWEGURA
Next Article Guverinoma Y’u Burundi Igiye Kumara Iminsi 10 Idakora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?