Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusirikare Wa Uganda Yiciwe Mu Kabari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umusirikare Wa Uganda Yiciwe Mu Kabari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 July 2022 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Willy Rubangakene yari umusikare wa Uganda wiciwe mu kabari arashwe n’umusekirite nyuma yo guterana igipfunsi bapfa umukobwa.

Iby’iyicwa ry’uyu musirikare byemejwe n’umuvugizi wa Polisi mu gace byabereyemo kitwa Kyota.

ChimpReports ivuga ko umuvugizi wa Polisi muri kariya gace yitwa CIP Greg Oscar Ageca  avuga ko hari andi makuru bagikusanya avuga ko na telefoni yabaye nyirabayazana w’igipfunsi cyaje kuvamo ko umusekirite yitaje umusirikare amurasa mu ngusho.

Mu ngabo za Uganda n’ahandi henshi mu bindi bihugu hajya havugwa amakimbirane hagati y’abashinzwe umutekano ubwabo cyangwa hagati yabo n’abo bashinzwe kuwurindira.

Mu myaka ishize hari umusirikare mukuru mu ngabo za Uganda wabajijwe icyo yakoze ubwo abasirikare bamurinda bahohoteraga umupolisi w’umugore wari uri mu kazi akabasaba gukurikiza amategeko y’umuhanda bakamusuzugura.

Hari n’undi nawe wigeze guhamagarwa n’abana be bamubwira ko hari umuntu uri kubiyama ngo umuziki wo mu modoka yabo uramusakuriza, undi araza apfumura imodoka y’uwo muntu yari iparitse hafi aho.

TAGGED:featuredUgandaUmusirikare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Francis Yagize Icyo Avuga Ku Ngingo Y’Uko Ashobora KWEGURA
Next Article Guverinoma Y’u Burundi Igiye Kumara Iminsi 10 Idakora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?