Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusirikare Wa Uganda Yiciwe Mu Kabari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umusirikare Wa Uganda Yiciwe Mu Kabari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 July 2022 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Willy Rubangakene yari umusikare wa Uganda wiciwe mu kabari arashwe n’umusekirite nyuma yo guterana igipfunsi bapfa umukobwa.

Iby’iyicwa ry’uyu musirikare byemejwe n’umuvugizi wa Polisi mu gace byabereyemo kitwa Kyota.

ChimpReports ivuga ko umuvugizi wa Polisi muri kariya gace yitwa CIP Greg Oscar Ageca  avuga ko hari andi makuru bagikusanya avuga ko na telefoni yabaye nyirabayazana w’igipfunsi cyaje kuvamo ko umusekirite yitaje umusirikare amurasa mu ngusho.

Mu ngabo za Uganda n’ahandi henshi mu bindi bihugu hajya havugwa amakimbirane hagati y’abashinzwe umutekano ubwabo cyangwa hagati yabo n’abo bashinzwe kuwurindira.

Mu myaka ishize hari umusirikare mukuru mu ngabo za Uganda wabajijwe icyo yakoze ubwo abasirikare bamurinda bahohoteraga umupolisi w’umugore wari uri mu kazi akabasaba gukurikiza amategeko y’umuhanda bakamusuzugura.

Hari n’undi nawe wigeze guhamagarwa n’abana be bamubwira ko hari umuntu uri kubiyama ngo umuziki wo mu modoka yabo uramusakuriza, undi araza apfumura imodoka y’uwo muntu yari iparitse hafi aho.

TAGGED:featuredUgandaUmusirikare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Francis Yagize Icyo Avuga Ku Ngingo Y’Uko Ashobora KWEGURA
Next Article Guverinoma Y’u Burundi Igiye Kumara Iminsi 10 Idakora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?