Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusirikare Wa Uganda Yiciwe Mu Kabari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umusirikare Wa Uganda Yiciwe Mu Kabari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 July 2022 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Willy Rubangakene yari umusikare wa Uganda wiciwe mu kabari arashwe n’umusekirite nyuma yo guterana igipfunsi bapfa umukobwa.

Iby’iyicwa ry’uyu musirikare byemejwe n’umuvugizi wa Polisi mu gace byabereyemo kitwa Kyota.

ChimpReports ivuga ko umuvugizi wa Polisi muri kariya gace yitwa CIP Greg Oscar Ageca  avuga ko hari andi makuru bagikusanya avuga ko na telefoni yabaye nyirabayazana w’igipfunsi cyaje kuvamo ko umusekirite yitaje umusirikare amurasa mu ngusho.

Mu ngabo za Uganda n’ahandi henshi mu bindi bihugu hajya havugwa amakimbirane hagati y’abashinzwe umutekano ubwabo cyangwa hagati yabo n’abo bashinzwe kuwurindira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu myaka ishize hari umusirikare mukuru mu ngabo za Uganda wabajijwe icyo yakoze ubwo abasirikare bamurinda bahohoteraga umupolisi w’umugore wari uri mu kazi akabasaba gukurikiza amategeko y’umuhanda bakamusuzugura.

Hari n’undi nawe wigeze guhamagarwa n’abana be bamubwira ko hari umuntu uri kubiyama ngo umuziki wo mu modoka yabo uramusakuriza, undi araza apfumura imodoka y’uwo muntu yari iparitse hafi aho.

TAGGED:featuredUgandaUmusirikare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Francis Yagize Icyo Avuga Ku Ngingo Y’Uko Ashobora KWEGURA
Next Article Guverinoma Y’u Burundi Igiye Kumara Iminsi 10 Idakora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?