Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusirikare W’Amerika Wahungiye Muri Koreya Ya Ruguru Yahunze Ivangura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umusirikare W’Amerika Wahungiye Muri Koreya Ya Ruguru Yahunze Ivangura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2023 10:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Radio Mpuzamaahanga y’Abafaransa, RFI, ivuga ko amakuru ikesha itangazamakuru ryo muri Koreya ruguru, avuga ko umusirikare w’Amerika uherutse guhungirayo, yahunze ivangura yakorerwaga.

Uyu musirikare wiwa Travis King yahungiye muri Koreya ya Ruguru aturutse mu y’epfo aho yabanaga na bagenzi be benshi basanzwe bafite ibirindiro muri Koreya y’Epfo.

N’ubwo nta jwi rye bwite rirashyirwa ahagaragara yemeza ko yakorerwaga ibya mfura mbi, ku rundi ruhande RFI ivuga ko Travis King yabwiye abayobozi bo muri Koreya y’Epfo ko mu gisirikare cy’iwabo harimo ivangura riherejkejwe no gutsikamira abasirikare birabura.

Ngo ibyo nibyo byatumye ashaka uburyo bwo gutorokera muri Koreya ya Ruguru.

TAGGED:AmerikaKoreyaTravis
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hagiye Gutangizwa Ikigo Ndangamuco Cyitiriwe Buravan
Next Article Niba Ushaka Amajyambere, Teza Imbere Inganda- Min Ngabitsinze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?