Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuti Ukorerwa Muri Afurika Y’Epfo Waciwe Ku Isoko Ry’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umuti Ukorerwa Muri Afurika Y’Epfo Waciwe Ku Isoko Ry’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2024 8:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, cyatangaje ko gikuye ku isoko umuti wahabwaga abana witwa Benylin Pediatrics Syrup ufite umubare uwuranga wa 329304.

Ni umuti usanzwe ukorerwa muri Afurika y’Epfo, ukaba uherutse gukorerwaho ubushakashatsi basanga ufite ikinyabutabire gikomeye kandi kinshi gishobora kugira ingaruka ku bana.

Icyo kinyabutabire bakita Diethlylene Glycol kikaba kiboneka muri uyu muti ukorwa n’uruganda rwo muri Afurika y’Epfo rwitwa Johnston&Johnston.

Isuzuma ry’ubuziranenge bw’uyu muti riherutse gukorerwa mu kigo cy’ubushakashatsi cyo muri Nigeria kitwa NEFDAC ryagaragaje ko uyu muti wagirira nabi abana.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kubera izo mpamvu, Rwanda FDA yategetse ko nta muntu wemerewe kuranguza cyangwa kugurisha uyu muti mu Rwanda.

Abawufite nabo babujijwe kongera kuwucuruza.

🚨🚨🔊Rwanda FDA iramenyesha Abaturarwanda bose ko ihagaritse ikwirakwizwa, n’ikoreshwa rya nimero 329304 y' umuti witwa Benylin
Pediatrics Syrup, ukorwa n'uruganda rwitwa Johnson & Johnson, rwo muri
Afurika y 'Epfo.#Recall #HealthAlert pic.twitter.com/1pia8jHHE9

— Rwanda Food and Drugs Authority (@RwandaFDA) April 12, 2024

TAGGED:AbanaAfurikafeaturedUmuti
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gaby Kamanzi Avuga ko Imana Izakomeza Kurinda U Rwanda Kuko Irukunda
Next Article Uruhare Rw’Itangazamakuru Muri Jenoside Ni Runini- Dr. Gakwenzire Uyobora IBUKA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?