Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Muri DRC Avuga Ko Umuturage Udafite Se Wavukiye Yo Ari Umwanzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umuyobozi Muri DRC Avuga Ko Umuturage Udafite Se Wavukiye Yo Ari Umwanzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 January 2023 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bagize Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Jean Lucien Bussa yatangaje ko umunye-Congo udafite Se wavukiye muri kiriya gihugu  ari umwanzi w’igihugu.

Asanzwe ari Minisitiri w’Ubucuruzi bwo hanze y’igihugu.

Yabivugiye imbere y’abaturage mu Ntara ya Sud Ubangi avukamo, ubwo yari yagiye gushishikariza abaturage kujya gufata amakarita y’itora.

Ni amatora abaturage bari gushishikarizwa kuzatoramo Perezida Felix Tshisekedi.

Asanzwe aba mu ishyaka ryitwa Courant des Démocrates Rénovateurs (CDER) riri mu mpuzamashyaka Union Sacrée riri ku butegetsi.

Bussa ati “Umwanzi wacu muri Sud Ubangi, ni umuntu wese ufite se utaravukiye muri Congo. Umuntu wese ufite se utaravukiye muri Congo ni umwanzi wacu.”

Ni amagambo yarakaje abayoboke b’amashyaka atandukanye atavuga rumwe na Leta.

Abababajwe nayo  by’umwihariko barimo abashyigikiye Moïse Katumbi w’ishyaka Ensemble pour la République.

Abo ku ruhande rumurwanya bamaze iminsi bashinjwa kuba umunyamahanga bityo ko atemerewe kwiyamamariza kuyobora Congo.

TAGGED:AmatoraCongoDRCUmuturageUmwanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imodoka Yo Muri DRC Yishe Umunyarwanda
Next Article Kenya Yatangije ‘Operation’ Yo Kwica Inyoni Z’Ibishwi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Kirehe: Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?