Umuyobozi Muri MINECOFIN Uvugwaho Kwitwara Nabi Yirukanywe

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rihagarika mu nshingano Dr. Patrick Hitayezu wari ushinzwe Politiki y’ubukungu( Chief Economist) muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi kubera imyitwarire mibi.

Iryo tangazo rivuga ko uwo mugabo yazize icyo mu Cyongereza bita ‘Gross Misconduct’.

Itangazo rimuhagarika

Imyitwarire mibi kandi iherutse gukora ku basirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda birukanywe mu mezi make ashize.

Abo barimo Major General Aloys Muganga.

- Advertisement -

Imwe mu nkingi imiyoborere y’u Rwanda yubakiweho ni ukubazwa ibyo ukora, warahiriye cyangwa wemeye gukora mu bundi buryo kandi mu nyungu z’abaturage.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version