Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Mushya Wa RIB Yashimye Akazi Kakozwe N’Uwo Asimbuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Umuyobozi Mushya Wa RIB Yashimye Akazi Kakozwe N’Uwo Asimbuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2025 8:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ruhunga aganira na Kayigamba uje kumukorera mu ngata.
SHARE

Colonel Pacifique Kabanda Kayigamba yaraye atangiye inshingano zo kuyobora Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB). Yashimiye uwo yasimbuye Col( Rtd) Jeannot Ruhunga ku mirimo myiza yakoreye uru rwego mu myaka umunani yari aruyoboye.

Kayigamba Kabanda kandi yashimiye Umukuru w’Igihugu wamugiriye icyizere cyo kuyobora Urwego rufite uruhare runini mu guha Abanyarwanda ubutabera, aboneraho kuvuga ko azakomereza aho mugenzi we yari agejeje.

Avuga ko azakora uko bishoboka n’uko bigenwe akageza RIB kuri byinshi kandi byose bigakorwa mu mucyo.

Col (Rtd) Jeannot K Ruhunga nawe yashimiye Perezida Paul Kagame wamugiriye icyizere cyo kumuha urwego rwari rushya kandi akaba atararetse gukomeza kubaha impanuro z’uburyo bwo kurushaho kuzuza izo nshingano.

Ruhunga ashima urwego asize RIB igezeho, kandi akifuriza umusimbuye kuzarushaho kuyiteza imbere.

Col Pacifique Kayigamba Kabanda yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare kuva ku wa 30, Mata, 2024.

Ingingo ya 20 y’itegeko rishyiraho RIB, iteganya ko Umunyamabanga Mukuru agira manda y’imyaka itanu ariko ishobora kongerwa rimwe gusa.

TAGGED:IhererekanyabubashaRIBRuhungaUbugenzacyahaUbuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwatashye Uruganda Rukora Inshinge Zo Kwa Muganga
Next Article DRC: I Kisangani Batewe Ubwoba N’Uko M23 Iri Hafi Kuhasesekara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?