Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Wa APR FC Yasubije Abafana Batariyumva Mu Mutoza Wayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa APR FC Yasubije Abafana Batariyumva Mu Mutoza Wayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 January 2025 3:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Brig. Gen Rusanganwa Déo uyobora APR FC nka Chairman
SHARE

Brig. Gen Rusanganwa Déo uyobora APR FC nka Chairman yabwiye abafana b’iyi kipe ko abafuza ko umutoza wayo yirukanwa bakwiye kuba baretse kubitindaho kuko hari abatekinisiye bashinzwe kubisuzuma bakabifatira icyemezo.

Ibyo abafana basaba baraye babitewe ahanini n’uko ikipe yabo yaraye itsinzwe n’Amagaju FC igitego 1-0.

Bahise basaba ubuyobozi bw’iyi kipe kwirukana umutoza Darko Nović.

Abafana ntibumva ukuntu batsindwa na Amagaju FC bityo bagasaba ko umutoza wayo asezererwa.

Icyakora ibyo basaba Chairman wa APR FC avuga ko ibyo abo bafana bashaka hari abazabisuzuma.

Brig Gen Déo Rusanganwa yabwiye IGIHE ati “Nibwo tukirangiza imikino ibanza ya Shampiyona, APR ifite abatekinisiye, nibo bazicara barebe niba umutoza adafite ubushobozi cyangwa ari abakinnyi”.

APR FC irangije imikino ibanza iri ku mwanya wa kabiri n’amanota 31, iyo ihora ihanganye nayo ari yo Rayon Sports ikayirusha amanota atanu.

Yatsinze imikino icyenda, inganya ine, itsinda ibiri.

Muri iyo mikino yose yatsinzemo ibitego 18, itsindwa ibitego umunani.

Iherutse ariko gushaka abakinnyi babiri bo muri Uganda yifuza ko bazayiha umusaruro mu mikino yoi kwishyira iri imbere.

Abo ni  Hakim Kiwanuka wakinaga muri Villa SC na Denis Omedi wa Kitara FC.

TAGGED:AmagajuAPRChairmanFCIkipe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDB Yahawe Umuyobozi Wahoze Muri Banki Y’Iterambere Ry’Afurika
Next Article Kuva 2013 Hamaze Gutozwa Intore 559,686- Min Bizimana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?