Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda ‘Rushobora’ Kuzakira Shampiyona Y’Isi Y’Imikino Njyarugamba, UFC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda ‘Rushobora’ Kuzakira Shampiyona Y’Isi Y’Imikino Njyarugamba, UFC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2023 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

U Rwanda, Afurika y’Epfo na Nigeria nibyo b’ibihugu by’Afurika biri guhatanira gutoranywamo kimwe cyazakira imikino mpuzamahanga njyarugamba igize icyo muri Amerika bita Ultimate Fighting Championship, UFC.

Perezida wa UFC, Dana White aherutse kubibwira itangazamakuru mu kiganiro yatanze taliki 17,  Ukuboza 2023.

Dana White yavuze ko hari impamvu nyinshi zo kuba hategurirwa amarushanwa muri Afurika kuko hakenewe abakinnyi benshi ndetse hari n’ibihugu batangiye kuvugana ngo bizakire iriya mikino.

Ati “Hari abakinnyi benshi bakomoka hariya[muri Afurika] kandi bakomeye. Mu ntego mfite harimo kubaka igicumbi cy’iyi mikino hariya nk’uko twabikoze muri Mexique no mu Bushinwa. Twavuganye na Nigeria, u Rwanda na Afurika y’Epfo.”

Dana White

Mu ntangiriro z’uyu mwaka, UFC yari yateguye ko imikino y’iyo shampiyona izabera muri Nigeria ariko biza kugaragara ko iki gihugu kidafite ibikorwaremezo bihagije byo kuyakira.

Kubera ko u Rwanda rufite BK Arena, biruha amahirwe yo kuba rwatoranywa ngo rwakire imikino iyo ari yo yose itari iy’umukino w’amaguru.

Dana avuga ko BK Arena yerekanye ko yashobora kwakira imikino ya UFC, ibyerekana ubwo yakiraga amarushanwa ya, BAL (Basketball Africa League).

TAGGED:ArenaBKfeaturedImikinoNjyarugambaRwandaShampiyona
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyamuryango Ba AERG Bishima Intambwe Bagezeho Mu Myaka 27 Ishize
Next Article Uburundi Bwafunze Abasirikare 500 Banze Kurwanya M23
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?