Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Wa APR FC Yasubije Abafana Batariyumva Mu Mutoza Wayo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa APR FC Yasubije Abafana Batariyumva Mu Mutoza Wayo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 January 2025 3:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Brig. Gen Rusanganwa Déo uyobora APR FC nka Chairman
SHARE

Brig. Gen Rusanganwa Déo uyobora APR FC nka Chairman yabwiye abafana b’iyi kipe ko abafuza ko umutoza wayo yirukanwa bakwiye kuba baretse kubitindaho kuko hari abatekinisiye bashinzwe kubisuzuma bakabifatira icyemezo.

Ibyo abafana basaba baraye babitewe ahanini n’uko ikipe yabo yaraye itsinzwe n’Amagaju FC igitego 1-0.

Bahise basaba ubuyobozi bw’iyi kipe kwirukana umutoza Darko Nović.

Abafana ntibumva ukuntu batsindwa na Amagaju FC bityo bagasaba ko umutoza wayo asezererwa.

Icyakora ibyo basaba Chairman wa APR FC avuga ko ibyo abo bafana bashaka hari abazabisuzuma.

Brig Gen Déo Rusanganwa yabwiye IGIHE ati “Nibwo tukirangiza imikino ibanza ya Shampiyona, APR ifite abatekinisiye, nibo bazicara barebe niba umutoza adafite ubushobozi cyangwa ari abakinnyi”.

APR FC irangije imikino ibanza iri ku mwanya wa kabiri n’amanota 31, iyo ihora ihanganye nayo ari yo Rayon Sports ikayirusha amanota atanu.

Yatsinze imikino icyenda, inganya ine, itsinda ibiri.

Muri iyo mikino yose yatsinzemo ibitego 18, itsindwa ibitego umunani.

Iherutse ariko gushaka abakinnyi babiri bo muri Uganda yifuza ko bazayiha umusaruro mu mikino yoi kwishyira iri imbere.

Abo ni  Hakim Kiwanuka wakinaga muri Villa SC na Denis Omedi wa Kitara FC.

TAGGED:AmagajuAPRChairmanFCIkipe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDB Yahawe Umuyobozi Wahoze Muri Banki Y’Iterambere Ry’Afurika
Next Article Kuva 2013 Hamaze Gutozwa Intore 559,686- Min Bizimana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuyobozi Wa Polisi Ashima Umusanzu W’Iya Eswatini 

Menya Uko u Rwanda Rwakiriye Amasezerano Yasinywe Hagati Ya Kinshasa Na AFC/M23

Ruhango: Arakekwaho Kwicisha Nyirakuru Inkoni

Kicukiro: Abagore Bigishijwe Ko Burya Amafaranga Abyara Andi

Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

You Might Also Like

Mu Rwanda

2.9% By’Abanyarwanda Bafite Diyabete:RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?