Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi Wa Televiziyo Y’u Rwanda Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuyobozi Wa Televiziyo Y’u Rwanda Yeguye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 October 2024 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Munyangeyo Dieudonné Kennedy wayoboraga  Televiziyo y’u Rwanda yeguye ku buyobozi bwayo nyuma y’uko WASAC itangaje ko yasanze ayiba amazi.

Niwe watangaje ko yeguye hanyuma RBA nayo itangaza ko yemeye ubwegure bwe mu itangazo yashyize kuri X.

RBA ivuga ko Munyangeyo yatangaje ko ‘yeguye ku mpamvu ze bwite’.

Icyakora amakuru avuga ko uyu muyobozi yari amaze igihe runaka agaragaza imyitwarire idahwitse.

Byaje guhuhuka ubwo WASAC yatangazaga ko iherutse kugenzura isanga ari mu bayiba amazi.

Ngiri itangazo rya WASAC rivuga kuri uyu mugabo

Kuri uyu wa Mbere taliki  14, Ukwakira, WASAC yatangaje ko taliki 10, Ukwakira 2024, Munyangeyo yafashwe akoresha amazi ‘atanyuze muri mubazi’.

WASAC yavuze ko ibi yabikoreye aho atuye muri Zindiro mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo.

Abakozi ba WASAC barabaze basanga akwiye kwishyura Miliyoni Frw 1 akanishyura andi mazi yakoresheje mbere y’uko avumburwa.

Igitangaje ni uko WASAC yahise isiba ubu butumwa kuri X  nyuma yo kubona ko buteje sakwe sakwe.

Gusa isaba abafatabuguzi bayo kureka kwiba amazi ahubwo bakishyura neza ayo bakoresheje.

Ku ruhande rwa RBA, iki kigo cyatangaje ko Televiziyo y’u Rwanda itazahwema guha Abanyarwanda serivisi nziza.

Itangazo ryayo rikomeza rigira riti “Tuzakomeza gutuma Televiziyo Rwanda ikorera abadukurikira, ibishyizeho umutima kandi mu buryo bunoze.”

Ubuyobozi bwa RBA buvuga ko butazahwema guha Abanyarwanda serivisi nziza
TAGGED:AmazifeaturedMunyangeyoRwandaTeleviziyoWASAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali Heights Yagurishijwe Miliyari Frw 43
Next Article Uganda Yavuguruye Imikoranire Na DRC Mu Bya Gisirikare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?