Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi W’Ibitaro By’Icyitegererezo Mu Burundi Yatawe Muri Yombi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umuyobozi W’Ibitaro By’Icyitegererezo Mu Burundi Yatawe Muri Yombi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 April 2022 3:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Ibitaro byitwa Kira Hospital Clinique Suisse  aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Iperereza rw’u Burundi ku mpamvu zitaratangazwa.

Abamufashe bamusanze ari mu kazi ari kumwe na Perezida w’Inama y’ubutegetsi ya biriya bitaro, uwo akaba ari Umufaransa witwa Jean David-Pillot.

Bombi bafashwe mu mpera z’Icyumweru gishize.

Umuyobozi wa biriya bitaro yitwa Dr Christophe Sahabo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uwo bari bafunganywe ni ukuvuga Umufaransa Jean David –Pillot yaje kurekurwa ariko Dr Sahabo we ubwo twandikaga iyi nkuru yari agifunzwe n’Urwego rw’iperereza n’umutekano rw’u Burundi bita Service National de Reinségnement( SNR).

Inshuti ze zabwiye RFI ko Dr Christophe Sahabo yari amaze iminsi ari ku gitutu cy’ubutegetsi bw’i Gitega.

Nta muyobozi w’i Burundi uragira icyo atangaza ku ifatwa ry’uriya mugabo.

Icyakora hari amakuru avuga ko yashoraga akaboko mu mutungo w’ikigo kandi bitemewe.

Bidateye kabiri kandi Dr Christophe Sahabo yanditse ibaruwa asezera ku mirimo kandi avuga ko abikoze ‘ku bushake bwe.’

- Advertisement -

Itangazamakuru ryo mu Bufaransa rivuga ubutegetsi bw’i Gitega bushaka kugira ijambo mu mikorere ya biriya bitaro bikomeye kandi bigezweho kurusha ibindi biri mu Burundi.

TAGGED:BurundiIbitaroUmufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Intebe Avuga Ko Mu 2020 Umusaruro W’Ubuhinzi Bwazamutseho 6%
Next Article Urukiko Rw’Ubujurire Rushimangiye Ko Rusesabagina Afungwa Imyaka 25
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?