Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Iran Yakuyeho Urujijo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Umuyobozi W’Ikirenga Wa Iran Yakuyeho Urujijo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 June 2025 2:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ayatollah Ali Khamenei yacishije ubutumwa kuri X avuga ko akiriho, aboneraho kuvuga ko ibisasu Amerika iherutse kurasa ku nganda za Iran nta kintu byagezeho.

Yavuze ko igihugu cye ari cyo cyakuye intsinzi mu ntambara kimaze iminsi 12 kirwana na Israel ifatanyije na Amerika.

Video yatangarije kuri X, Ayatollah yavuze ko igihugu cye cyakubise urushyi Amerika.

Avuga ko intego Amerika yari ifite itagezweho, ndetse  ko ibyo Perezida Trump yatangaje by’uko yasenye burundu inganda za Iran birimo gukabya.

Hashize ibyumweru bibiri Israel itangije intambara yo gusenya aho Iran yatunganyirizaga ibisasu bya kirimbuzi, yica n’abasirikare bakomeye ba Iran n’abahanga bayo bakoraga ibyo bisasu.

Amerika yaje kubyinjiramo, irasa ku ruganda rwa Fordow ruri mu zikomeye ziba muri Iran.

Iran yihimuye kuri Amerika irasa muri Qatar ahari ibirindiro by’ingabo za Amerika.

Biteganyijwe ko Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ingabo Pete Hegseth ari bugirane ikiganiro n’abanyamakuru ku ngingo y’uko Amerika yasenye biriya bigo bya Iran.

Hari inkuru zari zabanje gucicikana ko Ayatollah yaba atakiriho, gusa ubutumwa yatambuje busa n’ubuje gukuraho urwo rujijo.

TAGGED:AyatollahIbisasuIgihuguIntambaraIran
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyuma Ya Kagame Obasanjo Yaganiriye Na Tshisekedi
Next Article Ingamba WASAC Yafatiye Abatinda Kwishyura Amazi…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?