Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Iran Yakuyeho Urujijo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Umuyobozi W’Ikirenga Wa Iran Yakuyeho Urujijo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 June 2025 2:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ayatollah Ali Khamenei yacishije ubutumwa kuri X avuga ko akiriho, aboneraho kuvuga ko ibisasu Amerika iherutse kurasa ku nganda za Iran nta kintu byagezeho.

Yavuze ko igihugu cye ari cyo cyakuye intsinzi mu ntambara kimaze iminsi 12 kirwana na Israel ifatanyije na Amerika.

Video yatangarije kuri X, Ayatollah yavuze ko igihugu cye cyakubise urushyi Amerika.

Avuga ko intego Amerika yari ifite itagezweho, ndetse  ko ibyo Perezida Trump yatangaje by’uko yasenye burundu inganda za Iran birimo gukabya.

Hashize ibyumweru bibiri Israel itangije intambara yo gusenya aho Iran yatunganyirizaga ibisasu bya kirimbuzi, yica n’abasirikare bakomeye ba Iran n’abahanga bayo bakoraga ibyo bisasu.

Amerika yaje kubyinjiramo, irasa ku ruganda rwa Fordow ruri mu zikomeye ziba muri Iran.

Iran yihimuye kuri Amerika irasa muri Qatar ahari ibirindiro by’ingabo za Amerika.

Biteganyijwe ko Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ingabo Pete Hegseth ari bugirane ikiganiro n’abanyamakuru ku ngingo y’uko Amerika yasenye biriya bigo bya Iran.

Hari inkuru zari zabanje gucicikana ko Ayatollah yaba atakiriho, gusa ubutumwa yatambuje busa n’ubuje gukuraho urwo rujijo.

TAGGED:AyatollahIbisasuIgihuguIntambaraIran
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyuma Ya Kagame Obasanjo Yaganiriye Na Tshisekedi
Next Article Ingamba WASAC Yafatiye Abatinda Kwishyura Amazi…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Aline Gahongayire Arashaka Kwamamaza Umuziki We Muri Uganda

Urubyiruko Rw’Abanyarwanda Bo Muri Afurika Y’Epfo Ruri Mu Rwanda Kureba Ibiruranga

Papa Arasaba Ko Umugambi W’Amahoro Wo Guhuza Hamas Na Israel Ugerwaho

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Somalia: Al Shabaab Yagabye Igitero Aho Abarwanyi Bayo Bafungiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kigali: U Rwanda Ruraganira Na Afurika Uko Politiki Ya ICT Yahuzwa

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare

Burkina Faso Irapfa Iki Na Côte d’Ivoire ?

Uko Umusaruro Mbumbe W’u Rwanda Uhagaze Mu Gihembwe Cya Kabiri Cya 2025

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?