Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwaka Ugiye Kurangira Abantu 350 Bazize Impanuka-Polisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Umwaka Ugiye Kurangira Abantu 350 Bazize Impanuka-Polisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 December 2024 7:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
ACP Rutikanga Boniface.
SHARE

Polisi y’u Rwanda itangaza ko kugeza mu mpera z’Icyumweru gishize, abantu 350 bapfiriye mu mpanuka 9,600 zabereye hirya no hino.

Inyinshi muri zo ni izakozwe n’abamotari  kuko zihariye 60%.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police ( ACP) Boniface Rutikanga avuga ko 32%  by’abahitanywe n’izo mpanuka bari abagendaga n’amaguru, aba kandi bakaba banganya ijanisha (32%) n’abagendaga kuri moto.

Abagendaga ku igare bari 16% n’aho abagenderaga ‘ku bindi’ binyabiziga bangana na 20%.

Rutikanga avuga ko uburangare no kutita ku bibera mu mihanda ari byo ntandaro ikomeye y’izo mpanuka cyane cyane izikorwa n’abamotari.

Polisi ivuga ko 30% by’abakora impanuka baziterwa no gutwara banyoye ibisindisha, Umuvugizi wayo akabasaba kubigabanya.

Guverinoma y’u Rwanda yafashe ingamba zo kugabanya impanuka harimo ubukangurambaga bukorwa na Polisi bugamije kwibutsa abantu uko bazirinda no gushyiraho cameras zo ku muhanda zihana abarengeje umuvuduko ugenwa n’ibyapa.

TAGGED:AbamotarifeaturedImpanukaMotoPolisiRutikanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshesekedi Yagiye Muri Congo Brazzaville
Next Article Tshisekedi Arashaka Ko Ndayishimiye Amufasha Mu Ntambara Na 23
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?