Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tshisekedi Arashaka Ko Ndayishimiye Amufasha Mu Ntambara Na 23
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Tshisekedi Arashaka Ko Ndayishimiye Amufasha Mu Ntambara Na 23

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 December 2024 7:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Tshisekedi na Ndayishimiye baganira uko Kinshasa yakorana na Gitega mu ntambara na M23
SHARE

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya  Congo, Antoine Felix Tshisekedi, yaraye agiriye urugendo mu Burundi aganira na mugenzi we Evariste Ndayishimiye bagirana ibiganiro mu muhezo.

Bidatinze, Ibiro bya Perezida Tshisekedi byanditse kuri X ko ruriya rugendo rwari rugamije kungera umurego mu bufatanye busanzwe hagati ya Gitega na Kinshasa kandi ko ‘’baganiriye ku bibazo by’umutekano mu karere.’

Tshisekedi yagiye i Burundi avuye muri Congo Brazzaville kuganira na Denis Sassou Nguesso.

Bombi yabasuye nyuma y’uko ibiganiro ku mahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo byari bube tariki 15, Ukuboza, 2024 bisubitswe, bikaba byari buhuze Perezida Tshisekedi na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame.

Byari bubere i Luanda muri Angola ariko Perezida w’u Rwanda ntiyajya yo kubera impamvu Minisiteri y’ububanyi n’amahanga yavuze ko zatewe n’uko hari ingingo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwanze gushyira mu bikorwa yo kwinjiza M23 mu biganiro by’amahoro.

Amakuru avuga ko urugendo rwa Tshisekedi  mu Burundi rugamije kuganira na mugenzi we uko “ ingabo z’u Burundi zagira uruhare mu gufasha FARDC, guhangana n’umutwe wa M23.”

TAGGED:featuredIbiganiroIntambaraM23NdayishimiyeTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umwaka Ugiye Kurangira Abantu 350 Bazize Impanuka-Polisi
Next Article Amavubi Yatsindiwe i Juba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?