Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugabo W’Umwamikazi Elisabeth II Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugabo W’Umwamikazi Elisabeth II Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 April 2021 2:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Igikomangoma Philip usanzwe ari umugabo w’Umwamikazi Elisabeth II w’u Bwongereza yitabye Imana ku myaka 99 y’amavuko.

Igikomangoma Philip yari amaze iminsi arwaye. Amaze imyaka 65 ashakanye n’Umwamikazi Elizabeth II.

Ingoro y’Ubwami bw’u Bwongereza yatangaje ko Philip yabereye Umwamikazi Elisabeth II umugabo mwiza, amuba hafi mu bihe byose amaze ategeka ubwami bw’u Bwongereza kandi aba umwe mu bantu bakomeye mu Bwongereza bashyigikiye ikoranabuhanga no kwita ku bidukikije.

Nyuma gato y’uko bambikanye impeta, Umwamikazi w’u Bwongereza yandikiye kwa Sebukwe ati “Iyo ndi kumwe n’umuhungu wanyu ari we mugabo wanjye mba mbona wagira ngo umwe ni mubyara w’undi. Wagira tumaranye igihe tubana.”

Bakundanye kera, barandukanyijwe n’urupfu

Muri 1997 ubwo Elizabeth yizihizaga isabukuru y’imyaka 50 avutse, yavuze ko urukundo rwe [Philip] twamubareye agakoni k’iminsi rukamukomeza.

Philip akiri muto yabaye umusirikare urwanira mu mazi.

Ikindi ni uko yakundaga gushushanyisha irangi, painting kandi yari abirimo umuhanga.

TAGGED:Elisabethfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Canada Yashyizeho Urwibutso Rushya Rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi
Next Article Uko Byagenze Abafaransa Bahungisha Umuryango wa Habyarimana, Bakirengagiza Abicwaga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?