Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwe Mu Bayobozi b’Umutwe wa ADF Yatawe Muri Yombi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Iterabwoba

Umwe Mu Bayobozi b’Umutwe wa ADF Yatawe Muri Yombi

admin
Last updated: 12 January 2022 2:49 pm
admin
Share
SHARE

Inzego z’umutekano za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zataye muri yombi Benjamin Kisokeranio, umwe mu bayobozi b’umutwe w’iterabwoba wa Allied Democratic Forces (ADF) ukorera mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.

Yafashwe mu gihe Ingabo za Congo (FARDC) zifatanyije n’iza Uganda (UPDF) zikomeje ibitero bihuriweho, ku birindiro by’umutwe wa ADF mu bice bya Ituri.

Inzego z’umutekano za RDC zatangaje ko Kisokeranio yafatiwe muri Uvira ashaka kujya mu Burundi, afatanwa pasiporo ya RDC aho yakoreshaga amazina ya Djimy Kilalo Kasereka.

Niwe wari uyoboye igice cya ADF gishamikiye kuri Jamil Mukulu, kitemeranya n’igishamikiye kuri Musa Baluku uyobora ADF.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mbere Benjamin Kisokeranio yari ashinzwe ibijyanye n’ubutasi n’imari muri ADF.

Ni umuntu wa kabiri ukomeye muri ADF ufashwe, nyuma ya Jamil Mukulu watawe muri yombi mu 2015.

Ni mu gihe abandi benshi bamaze kwicwa barimo Kayiira Mohamed waguye mu mirwano na FARDC mu 2018, Rashid Hood Lukwago wishwe mu 2016 na Kasade Karume wishwe mu 2015.

 

 

- Advertisement -

 

TAGGED:ADFBenjamin KisokeraniofeaturedUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibiryo Bita Iby’Abasilimu Biri Mu Bikururira Abantu Kabutindi
Next Article Muri Burkina Faso Haburijwemo Coup d’Etat
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?