Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwe Mu Nshuti Z’u Rwanda Ari Mu Bashimuswe Na Hamas
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umwe Mu Nshuti Z’u Rwanda Ari Mu Bashimuswe Na Hamas

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 October 2023 3:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Shoshan Haran umwe mu bahanga mu by’ubuhinzi waherukaga mu Rwanda mu mezi make ashize kuhatangiza umushinga wo gutubura imbuto z’indobanure ari mu bantu Hamas yashimuse mu mpera z’Icyumweru gishize.

Ubwo yari ari mu Rwanda yatangije umushinga bita Fair Planet Seeds, icyo gihe yakiriwe n’uwari Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Ron Adam na Dr. Geraldine Mukeshimana wari Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi.

Kuri rubuga rwa X rwa Dr. Ron Adam, handitseho ko abarwanyi bo  Hamas bashimuse uyu mubyeyi taliki 07, Ukwakira, bamusanze aho yari atuye.

Arasaba Abanyarwanda gukomeza kumusengera no gusaba ko yarekurwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abarwanyi ba Hamas bafashe bunyago abandi baturage benshi ba Israel, bica benshi.

TAGGED:AbarwanyiHamasIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dosiye Ya Yongwe Yagejejwe Mu Bushinjacyaha
Next Article Israel Yambariye Urugamba: Ingabo 173,000, Indege Z’Intambara 600, Ibifaro 300…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?