Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwe Mu Nshuti Z’u Rwanda Ari Mu Bashimuswe Na Hamas
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umwe Mu Nshuti Z’u Rwanda Ari Mu Bashimuswe Na Hamas

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 October 2023 3:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Shoshan Haran umwe mu bahanga mu by’ubuhinzi waherukaga mu Rwanda mu mezi make ashize kuhatangiza umushinga wo gutubura imbuto z’indobanure ari mu bantu Hamas yashimuse mu mpera z’Icyumweru gishize.

Ubwo yari ari mu Rwanda yatangije umushinga bita Fair Planet Seeds, icyo gihe yakiriwe n’uwari Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Ron Adam na Dr. Geraldine Mukeshimana wari Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi.

Kuri rubuga rwa X rwa Dr. Ron Adam, handitseho ko abarwanyi bo  Hamas bashimuse uyu mubyeyi taliki 07, Ukwakira, bamusanze aho yari atuye.

Arasaba Abanyarwanda gukomeza kumusengera no gusaba ko yarekurwa.

Abarwanyi ba Hamas bafashe bunyago abandi baturage benshi ba Israel, bica benshi.

TAGGED:AbarwanyiHamasIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dosiye Ya Yongwe Yagejejwe Mu Bushinjacyaha
Next Article Israel Yambariye Urugamba: Ingabo 173,000, Indege Z’Intambara 600, Ibifaro 300…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Abanyaburayi Batinye Gukora Ku Mafaranga Y’Uburusiya Ngo Bayahe Ukraine

Ikawa Niyo Yinjirije u Rwanda Menshi Mu Bihingwa Rwagurishije Mu Mahanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

You Might Also Like

Mu mahanga

Ubufaransa: Muganga Yahamijwe Icyaha Cyo Kuroga Abarwayi Bagapfa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Ziva Muri DRC Zirugarijwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?