Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwuka Ukomeje Kuba Mubi Hagati Ya Perezida Ruto Na Odinga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umwuka Ukomeje Kuba Mubi Hagati Ya Perezida Ruto Na Odinga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 March 2023 1:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Kenya William Ruto yahaye gasopo umunyapolitiki Raila Odinga, amusaba guhagarika ibikorwa byo gusaba abantu kwigaragambya kuko ngo nabikomeza nawe bitazabura kumugira ho ingaruka.

Hashize iminsi abanyapolitiki batavuga rumwe na Leta ya Ruto bateguza ko hari imyigarambyo ikomeye izabera hirya no hino mu gihugu igamije kwamagana uko ibintu bihagaze muri iki gihe.

Mu rwego rwo kubabwira kuzibukira uwo mugambi, Perezida Ruto yatangaje ko Kenya ari igihugu kigendera ku mategeko, ko uwo ari we wese uzashaka kuyica bitazamuhira.

Yasabye Raila Odinga kureka ibyo ari gutegura, ahubwo agakorana na Polisi kugira ngo nihaba n’imyigaragambyo izakorwe ibizi.

Ruto yagize ati: “ Muvandimwe wanjye Odinga ugomba kumenya ko hari igihe ibintu biba bitagifite igaruriro. Ntabwo twakwemerera gukomeza gushyira igihugu mu gihirahiro.  Ntituzakubuza kwigaragambya ariko ibyiza ni uko wakorana na Polisi kugira ngo mutazateza rwaserera mu baturage, ubuzima bwabo bugahagarara.”

The Citizen Digital ivuga ko Perezida Ruto yabwiye abayobozi bo mu gice cya Nzoia County bari baje mu Biro bye ko Odinga agomba guhagarika rwaserera.

Avuga ko Odinga yateje rwaserera mu myaka 50 ishize bityo ko igihe kigeze ngo atange agahenge.

Nyuma y’uko William Ruto atangajwe ko ari we watorewe kuyobora Kenya mu matora y’Umukuru w’igihugu aheruka, uwo bari bahanganye ari we Raila Odinga yanze kwemera ko ayo matora yaciye mu mujyo.

TAGGED:AmatorafeaturedImyigaragambyoKenyaOdingaRaila
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gianni Infantino Yongeye Gutorerwa Kuyobora FIFA
Next Article Kigali: Zimbabwe Na Sri Lanka Byakomeje Guhagarikwa Muri FIFA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?