Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Undi Munyarwandakazi Yatsinzwe Atarenze Umutaru Mu Mikino Olempiki
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Undi Munyarwandakazi Yatsinzwe Atarenze Umutaru Mu Mikino Olempiki

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 July 2024 11:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uwo ni Diane Ingabire waraye utsinzwe mu isiganwa ku igare yakoreshejemo iminota umunani n’amasogonda 27 aho yasiganwaga n’Umunya Australia witwa Brown Grace akamwanikira akanamutwara umudali wa zahabu.

Hari mu isiganwa ry’umuntu ku giti cye mu gice cyahariwe abagore.

Ingabire Diane yabaye uwa 35.

Umunyarwandakazi Ingabire Diane asanzwe akinira Canyon Sram Generation yo mu Budage.

Yari afitiwe icyizere ko ari bwitware neza ariko cyaraje amasinde.

Ingabire azakina irindi siganwa ry’ibilometero 158 mu muhanda hamwe n’abandi (Road Race) mu Cyumweru gitaha, hakaza ari taliki 4 Kanama, saa cyenda i Trocadéro.

Siwe gusa watashye rugikubita kuko undi witwa Uwihoreye Tufaha wahatanaga mu kurwanisha inkota nawe yasezerewe mu ijonjora rya mbere atsinzwe n’Umuyapani Miho Yoshimura amanota 15-7 mu mukino wabereye muri Grand Palais kuri uyu wa Gatandatu.

Ku Cyumweru, taliki ya 28 Nyakanga ni bwo Mwamikazi Jazilla w’imyaka 19, nawe azakina isiganwa ry’amagare yo mu misozi saa cyenda n’iminota 10.

Ni mu gihe Abanyarwanda bazongera guhatana ku wa Gatanu, taliki ya 2, Kanama, 2024.

TAGGED:AbanyarwandakazifeaturedImikinoolempiki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Yagabweho Ikindi Gitero Gikomeye
Next Article Nel Ngabo Yishimira Aho Ageze Akorana Na Bagenzi Be
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

You Might Also Like

Mu mahanga

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?