Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Unity Club Yongeye Gusabana N’Impinganzima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Unity Club Yongeye Gusabana N’Impinganzima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 December 2023 8:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagize Unity Club bahagarariye abandi basuye ababyeyi b’Impinganzima baba mu rugo rwa Bugesera babashimira umutima wo gutwaza wabaranze mu mwaka wa 2023 banabifuriza kuzagira umwaka mushya muhire wa 2024.

Prof Jolly Mazimhaka usanzwe ari Umunyamuryango wa Unity Club akaba yari umushyitsi mukuru niwe wagejejeho intashyo z’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Unity Club, Nyakubahwa Jeannette KAGAME, Madamu wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.

Yababwiye mu mpera z’umwaka,  abana basura ababyeyi babo bakabaganiriza, bagasangira ibyishimo bakaboneraho no kwifurizanya umwaka mushya muhire, kandi ngo icyo nicyo cyabazinduye.

Prof. Jolly Mazimhaka ati:”Tunejejwe no kongera kwicarana namwe babyeyi bacu muri uru rugo rwiza rw’IMPINGANZIMA, ngo twongere dusangire ibyishimo by’impera z’umwaka”

Avuga ko bisanzwe mu muco nyarwanda ko abana basura ababyeyi kugira ngo baganire, babasusurutse, basabane, basangire ndetse banashimire Imana ko yabarinze.

Uwo munezero ngo ugomba gukomeza no mu mwaka ukurikiye.
Prof Mazimhaka avuga ko iyo migirire yabaye umuco muri Unity Club.

Ababyeyi b’impinganzima zo mu Bugesera bashimiye Jeanette Kagame na Perezida Kagame ko bagize uruhare mu kububaka, bakaba bagiye gusaza neza.

Ingo z’Impinga nzima zashyizweho kugira ngo zifashe ababyeyi b’incike za Jenoside kugira ubuzima bwiza bagasaza neza.

Ni ahantu babonera ubuzima bwiza, bakitahwaho mu buryo bwose, haba kuvuzwa, kugaburirwa, kuganirizwa no gusenga.

Abitabye Imana bashyingurwa mu cyubahiro kigenewe umubyeyi wahekeye u Rwanda.

TAGGED:BugeserafeaturedImpinganzimaJeanetteKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Yasabwe Kuzakora Byose Umutekano Mu Minsi Mikuru Ugasagamba
Next Article U Rwanda ‘Rwatashye’ Umuhanda Kagitumba-Kayonza-Rusumo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?