Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: UPDATED: Impanuka Yabereye i Rusizi Yahitanye Batanu, Shoferi Acika Akaguru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

UPDATED: Impanuka Yabereye i Rusizi Yahitanye Batanu, Shoferi Acika Akaguru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2022 12:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Mbere imbangukiragutabara yari iturutse mu bitaro bya Mubilizi yakoreye impanuka ahitwa Nyakabuye muri Rusizi ihitana abantu batanu. Ku ikubitiro bane bahise bahasiga ubuzima.

Iyi mbangukiragutaba yari irimo abantu batandatu.

Kugeza ubu abantu batanu nibo bahaguye.

Amakuru yari yatambutse kare yavugaga ko umushoferi n’umuforomo bari bayirokotse ariko nyuma umuforomokazi nawe yaje kwitaba Imana ndetse amakuru twamenye nyuma y’aho avuga ko Shoferi yacitse akaguru.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yari iturutse ku kigo nderabuzima cya Nyabitimbo muri Rusizi ikora impanuka igeze ahitwa Bunyereri.

Umushoferi wari uyitwaye yitwa Niyigena Théogène.

Amakuru avuga ko yaguye mu mugezi witwa Murundo.

Umuvugizi w’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent of Police( SSP) René Irere nawe yemeje aya makuru avuga amakuru bafite avuga ko  abantu bane ari bo bamaze kwitaba Imana kubera iriya mpanuka.

Abajijwe niba yaba yatewe n’umuvuduko cyangwa ubunyereri, SSP Irere yasubije ko bakigenzura icyaba cyayiteye ariko ngo amakuru arambuye kuri yo araza kuyatangaza narangiza kuyabona.

- Advertisement -

Ikindi gikekwa gishobora kuba cyayiteye ni umunaniro w’umushoferi kubera ko yari yazindutse.

Iyi mpanuka ibaye ikurikira indi yari iherutse kubera mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge uva Shyorongi ugana mu Mujyi wa Kigali.

Yo yatewe n’ikamyo yavaga i Musanze ije i Kigali igonga minibus yari izamutse ijya i Musanze.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Umusangiro W’Ingabo Z’u Rwanda Na Perezida Wa Centrafrique
Next Article DRC: Abaturage Batwitse Umusirikare Ari Muzima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?