Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urubanza Rwa Dubai Rugiye Gusubirwamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Urubanza Rwa Dubai Rugiye Gusubirwamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2024 5:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwanzuye ko iburanisha ry’urubanza Ubushinjacyaha burengamo Nsabimana Jean uzwi nka Dubai, Rwamurangwa Stephen, Mberabahizi Raymond Chrétien, Nyirabihogo Jeanne d’Arc na Nkulikiyimfura Theopiste ryongera kuburanishwa bushya.

Impamvu ni uko ubushinjacyaha bwagaragaje ko hari imitungo y’abaregwa yafatiriwe igomba kubanza gufatwaho icyemezo.

Urukiko rwagaragaje ko rusanga ubwo busabe ari ngombwa kugira ngo ba nyiri iyo mitungo yafatiriwe bagire icyo babivugaho.

Iburanisha ryahise rishyirwa ku wa 23 Gashyantare 2024 saa Tatu za mu gitondo.

Abaregwa bose bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’umudugudu w’Urukumbuzi wubatswe na Dubai guhera mu 2015.

Uyu Mudugudu uherereye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere Ka Gasabo, bamwe mu baguze inzu zubatswemo bagiye bagaragaza ko uwazibagurishije yazisondetse, ibintu byatumye Nsabimana Jean atabwa muri yombi.

Ubushinjacyaha bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, rusaba ko abaregwa bahamwa n’ibyaha bakurikiranyweho bitewe n’uruhare rwa buri wese mu ikorwa ry’icyaha.

Nsabimana akurikiranyweho ibyaha bibiri, birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha inyandiko mpimbano, bikaba bigize impurirane mbonezamugambi.

TAGGED:featuredNsanzimanaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Habonetse Imirambo Itatu Muri Ruhurura Ya Rwampala
Next Article U Rwanda, DRC Byaganiriye Ku Mpamvumuzi Y’Umutekano Muke Mu Karere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?