Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urubanza Rwa Kazungu Rukomeje Kuba ‘Agatereranzamba’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Urubanza Rwa Kazungu Rukomeje Kuba ‘Agatereranzamba’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2024 11:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku nshuro ya gatatu urubanza ubushinjacyaha buregamo Denis Kazungu ku byaha birimo n’ubwicanyi rwongeye gusubikwa. Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge nirwo rwanzuye isubikwa rwarwo.

Rwavuze ko rusubitse uru rubanza kubera Inama y’abakozi b’inkiko yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2, Gashyantare 2024.

Urubanza rwaherukaga gusubikwa ku wa 12 Mutarama ku busabe bw’umwunganizi wa Kazungu Denis wasabaga guhabwa umwanya wo kubanza gutegura neza dosiye.

Uru rubanza rwahise rwimurirwa ku wa 9, Gashyantare, 2024 saa tatu za mu gitondo.

Ubwo rwasubikwaga bwa mbere, hari taliki 05, Mutarama, 2024.

Icyo gihe ubushinjacyaha busabye ko Kazungu aburana ku byaha byose bihurije hamwe bwamureze aho kuburana icyaha ukwacyo.

Urukiko rwari rwategetse ko aburana ku cyaha kimwe: cyo gusambanya abagore ku ngufu.

Inzitizi z’ubushinjacyaha zahawe ishingiro bituma urubanza rwimurirwa taliki 12, uko kwezi.

Icyakora nabwo ntirwaburanishijwe kubera koumwunganira yagaragaje impamvu z’iryo subikwa, avuga ko atariga neza dosiye ye.

Umwunganira yitwa Me Murangwa Faustin.

Icyo gihe yabwiye inteko iburanisha ko atigeze abona ‘umwanya uhagije’ wo kwiga kuri dosiye ikubiyemo ibirego uyu Kazungu Denis aregwa.

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rukurikiranye Kazungu ho ibyaha 14 birimo icy’ubwicanyi buturutse ku bushake n’iyicarubozo.

TAGGED:featuredKazunguNyarugengeUrubanzaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibiro By’Akarere Ka Rulindo ‘Byimuwe’
Next Article Kenya: Gazi Yaturitse Ihitana Batatu, 300 Barakomereka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?